• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hasobanuwe impamvu ku rugo rwa Joseph Kabila wahoze ari perezida humvikanye urusaku rw’imbunda nyinshi.

minebwenews by minebwenews
July 31, 2024
in Regional Politics
0
Hasobanuwe impamvu ku rugo rwa Joseph Kabila wahoze ari perezida humvikanye urusaku rw’imbunda nyinshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hasobanuwe impamvu ku rugo rwa Joseph Kabila wahoze ari perezida humvikanye urusaku rw’imbunda nyinshi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, ku rugo rwa Joseph Kabila hatewe n’insoresore zo mu ishyaka riri ku butegetsi rya Perezida Félix Tshisekedi, maze barasa amasasu menshi bashaka kwinjira muri urwo rugo.

Amakuru avuga ko abari basanzwe barinda uru rugo rwo kwa Joseph Kabila, batabaye maze bahangana n’izo nsoresore zari zagabye iki gitero.

Ay’amakuru anavuga ko icyo gitero ko cyagabwe igihe c’isaha za saa sita zo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31/07/2024, kandi ko uru rugo rwa Joseph Kabila ruherereye ahagana ku muhanda witiriwe Uvira ho muri Quartier ya Gombe muri Kinshasa.

Umujyanama mu byitumanaho wa Olive Lembe Kabila, yavuze ko urusaku rw’amasasu yarimo y’umvikana ku rugo rwa Joseph Kabila yaraswaga n’urubyiruko rwo mu ishyaka riri ku butegetsi kandi ko barasaga kugira ngo batere ubwoba abari kuri urwo rugo kugira ngo barwinjiremo barusahure, ariko ko abapolisi bashinzwe kuharinda nabo barashye bakumira urwo rubyiruko ntirwabashya kuhinjira.

Bamwe mu babonye urwo rubyiruko bahamije ko ari urwo kwa perezida Félix Tshisekedi, rukaba rusanzwe rw’iyita “Laforce du progres.”

Aba akaba ari abasanzwe baba mu mitwe ishigikiye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

             MCN.
Tags: Harashwe amasasuRwa Joseph KabilaU rugo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Depite Justin Bitakwira yasobanuye ibyuruzinduko arimo muri Kivu y’Amajy’epfo, urwari rugize iminsi rwibazwaho byinshi.

Depite Justin Bitakwira yasobanuye ibyuruzinduko arimo muri Kivu y'Amajy'epfo, urwari rugize iminsi rwibazwaho byinshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?