Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatahuwe ibindi bishya ku Ngabo z’umuryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo, (SADC).

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 14, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe hari amakuru avuga ko Ingabo z’u muryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo (SADC), ko zitavuga rumwe n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, andi makuru yemeza neza iz’Ingabo za SADC zamaze kw’injira m’urugamba na M23 ariko ko bisa nibyamaze kuba amabuye ku Ngabo za SADC.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ahagana tariki ya 15/12/2023, n’ibwo Ingabo za SADC zageze k’u butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho zaje gufasha igisirikare cy’igihugu cya RDC, ku rwanya uy’umutwe w’inyeshamba wa M23.

Nk’uko bya vuzwe Ingabo za SADC zaje ziva mu Gihugu cya Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania, baza muri misiyo yahawe izina rya SAMIDRC.

Umubare ugize Ingabo za SADC bivugwa bwa mbere bya vuzwe ko ari abasirikare 200 ariko amakuru y’ukuri n’uko ari abasirikare 580, nk’uko inyandiko zagiye hanze zuwo muryango zibivuga.

Izo nyandiko zigira ziti: “Ku cyicaro gikuru cya SAMIDRC, kiri Keshero, i Goma, hashizwe abasirikare babanyamalawi 244 n’Abanyafrika y’Epfo 102, abandi bo mu mutwe udasanzwe (Special force) bo muri Botswana, Angola , Afrika y’Epfo na Tanzania boherejwe ku kibuga cy’i ndege cya Goma.”

“Naho abandi 50 bo mu gihugu ca Afrika y’Epfo boherejwe i Sake muri teritware ya Masisi, bakaba bari kumwe na FARDC, bahageze tariki ya 10/01/2024.”

Amakuru rero yemeza ko kuvaho ingabo za SADC zigereye i Masisi, ihuriro ry’Ingabo z’i gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, batangiye kugaba ibitero bikaze mu bice M23 igenzura, muri teritware ya Masisi, ibi bitero bivugwa ko byahitanye ubuzima bwa basivile bo mugace ka Birere mu bilometre 3 n’u Mujyi wa Sake.

Gusa amakuru yizewe agera kuri MCN avuga ko ubuyobozi bw’Ingabo za SAMIDRC bwa sabye FARDC guha SAMIDRC ikayobora operasiyo yo guhashya umutwe w’inyeshamba wa M23, ibyo FARDC idakozwa hubwo FARDC ihita isaba SADC ku bavira mu gihugu.

Mu bitero bya gabwe n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, k’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 13/01/2024, bigabwa i Mushaki, Karuba, Ruvunda, Nkingo no mu nkengero zaho, bya gabwe na FARDC, FDLR, Wagner, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo.

Mu gihe SADC yo bivugwa ko yabaye mu gitero cyo kw’itariki ya 12/01/2024, cyonyine; n’igitero cyari cyagabwe mu birindiro bya M23 mu nkengero za Sake, muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcM23Samidrcurugamba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post

Umundyane ukomeje gufata indi ntera, hagati mu bategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?