• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatahuwe ibindi bishya ku Ngabo z’umuryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo, (SADC).

minebwenews by minebwenews
January 14, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe hari amakuru avuga ko Ingabo z’u muryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo (SADC), ko zitavuga rumwe n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, andi makuru yemeza neza iz’Ingabo za SADC zamaze kw’injira m’urugamba na M23 ariko ko bisa nibyamaze kuba amabuye ku Ngabo za SADC.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ahagana tariki ya 15/12/2023, n’ibwo Ingabo za SADC zageze k’u butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho zaje gufasha igisirikare cy’igihugu cya RDC, ku rwanya uy’umutwe w’inyeshamba wa M23.

Nk’uko bya vuzwe Ingabo za SADC zaje ziva mu Gihugu cya Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania, baza muri misiyo yahawe izina rya SAMIDRC.

Umubare ugize Ingabo za SADC bivugwa bwa mbere bya vuzwe ko ari abasirikare 200 ariko amakuru y’ukuri n’uko ari abasirikare 580, nk’uko inyandiko zagiye hanze zuwo muryango zibivuga.

Izo nyandiko zigira ziti: “Ku cyicaro gikuru cya SAMIDRC, kiri Keshero, i Goma, hashizwe abasirikare babanyamalawi 244 n’Abanyafrika y’Epfo 102, abandi bo mu mutwe udasanzwe (Special force) bo muri Botswana, Angola , Afrika y’Epfo na Tanzania boherejwe ku kibuga cy’i ndege cya Goma.”

“Naho abandi 50 bo mu gihugu ca Afrika y’Epfo boherejwe i Sake muri teritware ya Masisi, bakaba bari kumwe na FARDC, bahageze tariki ya 10/01/2024.”

Amakuru rero yemeza ko kuvaho ingabo za SADC zigereye i Masisi, ihuriro ry’Ingabo z’i gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, batangiye kugaba ibitero bikaze mu bice M23 igenzura, muri teritware ya Masisi, ibi bitero bivugwa ko byahitanye ubuzima bwa basivile bo mugace ka Birere mu bilometre 3 n’u Mujyi wa Sake.

Gusa amakuru yizewe agera kuri MCN avuga ko ubuyobozi bw’Ingabo za SAMIDRC bwa sabye FARDC guha SAMIDRC ikayobora operasiyo yo guhashya umutwe w’inyeshamba wa M23, ibyo FARDC idakozwa hubwo FARDC ihita isaba SADC ku bavira mu gihugu.

Mu bitero bya gabwe n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, k’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 13/01/2024, bigabwa i Mushaki, Karuba, Ruvunda, Nkingo no mu nkengero zaho, bya gabwe na FARDC, FDLR, Wagner, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo.

Mu gihe SADC yo bivugwa ko yabaye mu gitero cyo kw’itariki ya 12/01/2024, cyonyine; n’igitero cyari cyagabwe mu birindiro bya M23 mu nkengero za Sake, muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcM23Samidrcurugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Umundyane ukomeje gufata indi ntera, hagati mu bategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?