• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe icyatumye ingabo za Kenya zongera koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
August 30, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe icyatumye ingabo za Kenya zongera koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe icyatumye ingabo za Kenya zongera koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ni byatangajwe n’u butegetsi bwa Kinshasa, binyuze kuri minisitiri wayo w’ubabanye n’amahanga, aho yasobanuye ko ingabo za Kenya zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kugira ngo zifatanye na Monusco kugarura amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Abasirikare ba Kenya bageze ku butaka bwa RDC tariki ya 24/08/2024. Izi ngabo akaba ari zo mu mutwe ushinzwe ubutabazi bwihuse uzwi nka KENQRF.

Ibiro by’ingabo za Kenya byasobanuwe ko aba basirikare boherejwe mu Burasirazuba bwa RDC ziyobowe na Lt Col Simon Seda, kandi bivuga ko bagiye kwifatanya n’ingabo z’u muryango w’Abibumbye zizwi nka Monusco, mu kubungabunga amahoro n’umutekano.

Bamwe mu Banyakengo bagaragaje ko batishimiye kubona ingabo za Kenya mu Burasirazuba bwa RDC, bitewe ahanini no kuba bari baranenze umusaruro wazo ubwo zari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba.

Sosiyete sivile ikorera muri Kivu y’Amajyaruguru ku munsi w’ejo hashize yashinje ingabo za Kenya gukorana n’umutwe wa M23 mu gihe zari mu butumwa bwa EAC.

Yatangaje ko itemera kuba abasirikare ba Kenya basubiye mu gihugu cyabo, isobanura ko ingabo z’amahanga zenyegeza ubugizi bwa nabi, inavuga kandi ko tariki ya 2/09/2024 abagize Sosiyete sivile bazakora imyigaragambyo isaba ko izi ngabo za Kenya zasubira mu gihugu cyabo.

Minisiteri y’ubanye n’amahanga ya RDC yasobanuye ko mu rwego rwo kongera imbaraga umutwe w’ingabo zidasanzwe za MONUSCO (FBI); mu 2019 Kinshasa yasabye ibihugu by’inshuti kohereza abasirikare mu Burasirazuba bw’iki gihugu cyabo, Kenya na Népal byemeza gutanga uyu musanzu.

Yasobanuye ko ingabo za Kenya zatangiye koherezwa muri RDC mu 2020, zisimburana mu bihe bitandukanye, kandi ko zafashije FIB kugera ku ntego zayo zo guhangana n’ibibangamiye umutekano wo mu Burasirazuba bwa RDC.

Iy’i minisiteri yavuze ko umutwe w’ingabo wa QRF3 wasimbuwe na QRF4 wari ugizwe n’abasirikare badasanzwe bakoreraga mu mujyi wa Beni, hamwe nagenzi babo bo muri Afrika y’Epfo, Malawi na Népal

Amasezerano yo kugarura amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini muri Kivu Yaruguru, yashyizweho umukono ubwo Uhuru Kenyatta wayoboraga Kenya yagiriraga uruzinduko i Kinshasa mu kwezi kwa 2/2019. Akaba ari nabwo Tshisekedi yari akimara gutsinda amatora yo kuba perezida w’iki gihugu.

                MCN.
Tags: Ingabo za KenyaRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails
Next Post

Kuwait’s credit rating is cut amid concern over government finances

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?