• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.

minebwenews by minebwenews
November 10, 2024
in World News
0
Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni amakuru yatangajwe na perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky aho yavuze ko ingabo zi gihugu cye zihanganye n’abasirikare ba Koreya ya Ruguru kandi ko bari kurwana ku ruhande rw’u Burusiya, anahamya ko hari benshi bamaze gupfira muri iryo hangana.

Nk’uko perezida Zelensky abivuga, n’uko ingabo za Koreya ya Ruguru zigeze ku bihumbi 11 arizo zinjiye mu rugamba ku rwanya ingabo ze.
Yanahimije ko izi ngabo zatangiriye intambara mu gace ka Kursk, aka gace k’u Burusiya kakaba kagenzurwa n’ingabo za Ukraine. Aha rero ngo niho impande zombi zahanganiye birangira zihatakarije abasirikare.

Zelensky yavuze ko mu gihe perezida w’u Burusiya, aherutse kumvikana avuga ko igihugu cye cyiteguye kwinjira mu biganiro bishobora guhagarika iyi ntambara, nubwo ubufasha bw’Ingabo za Koreya ya Ruguru busobanuye ko iyi ntambara ishobora kuzamara igihe kirekire.

Hagati aho, benshi mu bayobozi b’u Burusiya ntibizeye neza ko Trump azakomeza guha Ukraine inkunga, ndetse uyu muyobozi nawe yakunze guca amarenga mu bihe byo kwiyamamaza, avuga ko bitumvikana uburyo leta Zunze Ubumwe z’Amerika zikomeza gusohora amafaranga menshi ziha Ukraine inkunga.

Tags: IngaboKoreya ya RuguruUkraine
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Impuguke mu byagisirikare ku ruhande rwa RDC n’urwa Uganda zagiranye ibiganiro bikaze.

Impuguke mu byagisirikare ku ruhande rwa RDC n'urwa Uganda zagiranye ibiganiro bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?