• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatangajwe ikintu gikomereye Isi kuri none ndetse gishobora kuyikururira akarambaraye ku bibera muri Ukraine.

minebwenews by minebwenews
November 14, 2024
in World News
1
Hatangajwe ikintu gikomereye Isi kuri none ndetse gishobora kuyikururira akarambaraye ku bibera muri Ukraine.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe ikintu gikomereye Isi kuri none ndetse gishobora kuyikururira akarambaraye ku bibera muri Ukraine.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Umudipolomate wo mu rwego rwo hejuru wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Antony Blinken, yaburiye ko kohereza ingabo za Koreya ya Ruguru gufasha iz’u Burusiya zirwanira ku mupaka wa Ukraine, bizasaba uburyo buhagije bwo guhangana nazo.

Blinken ibi yabitangaje mu nama yahuje Abanyamerika n’Abanyaburayi yabaye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 13/11/2024, aho bari bahuriye i Bruseli mu Bubiligi. Ni Nama kandi yarimo n’abayobozi b’umuryango wa OTAN.

Bwana Blinken aganira n’Abanyamakuru ari kumwe n’umuyobozi wa OTAN, Mark Rutte, yavuze ko basuzumye ibijyanye n’uko ingabo za Koreya ya Ruguru zinjiye mu rugamba mu buryo bugaragara, avuga ko iyo ntambara izasaba igisubizo gihamye.

Ku wa kabiri, Minisiteri y’ubanye n’amahanga y’Amerika yemeje ko abasirikare ibihumbi ba koreye ya Ruguru bamaze kugera ku rugamba mu ntara ya Kursk y’u Burusiya hafi y’umupaka na Ukraine, aho baje gufasha ingabo z’u Burusiya.

Blinken yabyise intambwe iteye akaga Isi gakomeye, ariko yirinda kuvuga uko Amerika izabyifatamo.

Ahanini bivugwa ko yatinye kubera Trump yamaze gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu yabaye muri icyo Gihugu mu Cyumweru gishize.

Ikindi n’uko ubu mu Budage hari ibibazo byinshi bya politiki , ibi byongera ubwoba bw’ejo hazaza, mu bijanye no gufasha Ukraine, mu bihe bikomeye ihanganyemo n’ibitero by’u Burusiya.

Blinken yanavuze ko perezida Joe Biden yiyemeje gukora ku buryo inkunga yose iteganyirijwe Ukraine, izaba yatanzwe mbere y’itariki 20/01/2025, ubwo Donald Trump azatangira ubuyobozi.

Ariko yongeye gushimangira ko abafatanyabikorwa, b’Amerika bagomba kuva inyuma gufasha Ukraine, mu buryo bw’intwaro, amasasu hamwe n’imyitozo ya gisirikare.

Tags: AmerikaIsiUkraine
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.

Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    priligy dapoxetine amazon He earned a B

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?