Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe imibare mishya y’abantu bamaze kugwa muri Gaza, kubera intambara ya Israel na Hamas.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 16, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe imibare mishya y’abantu bamaze kugwa muri Gaza, kubera intambara ya Israel na Hamas.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe imibare mishya y’abantu bamaze kugwa muri Gaza, kubera intambara ya Israel na Hamas.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni byatangajwe na minisiteri y’ubuzima yo mu bice byo muri Gaza, aho yatangaje ko intambara imaze igihe ihanganishije igisirikare cya Israel n’umutwe wa Hamas ko imaze kugwamo abantu barenga ibihumbi 40, kandi ko hamaze gukomereka n’abandi benshi.

Igisirikare cya Israel cyatangiye iyi mirwano nyuma y’uko umutwe wa Hamas wari umaze kugaba igitero muri Israel, cyasize gihitanye abarenga 1,200.

Bisanzwe bizwi ko intara ya Gaza ituyemo abantu benshi, kandi bari kubucucike bwo hejura, ibituma muri rusange umubare w’abahitanwa n’intambara zimpande zombi uba uri hejuru.

Kandi igisirikare cya Israel cyakunze kunengwa kukuba gikoresha imbaraga zumurengera mu gihe kiba kiri kurwanya umutwe wa Hamas, ndetse kandi cyakunze gushinjwa no kwangiriza ibikorwa remezo by’abaturage, nabyo bikaba bituma abahasiga ubuzima baba benshi.

Ariko kuri ubu hari icyizere ko iyi ntambara ishobora kurangira burundu, biturutse ku biganiro biri guhuza impande zombi kandi ubona izi mpande zombi ziri kubigaragazamo ubushake.

Ku rundi ruhande, iki gisirikare cya Israel gikomeje kugaba ibitero simusiga mu gace ka Gaza, aho kuri ubu kiri kubikorera mu gace k’Amajyepfo, ahari harahungiye abaturage benshi, bakaba ndetse bongeye gusabwa guhunga nanone kuri iyi nshuro berekeza mu bice by’Amajyaruguru byahindutse amatongo, ni mu gihe ibyo bice ari byo byagiye biberamo imirwano cyane yanamaze iminsi myinshi.

Iyi minisiteri y’ubuzima yo mu gace ka Gaza, usibye kuvuga ko abarenga ibihumbi 40 kwaribo bamaze guhitanwa n’ibitero bikorwa hagati ya Israel na Hamas, yanavuze kandi ko hamaze gukomereka abandi benshi harimo n’abandi bantu babarirwa mu magana baburiwe irengero.

            MCN.
Tags: Abantu bamaze kugwaGazaHamasIDF
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye amakuru avuga ko wa munyamakurukazi wari ufungiwe i Burundi, yafunguwe, menya uko byagenze.

Hamenyekanye amakuru avuga ko wa munyamakurukazi wari ufungiwe i Burundi, yafunguwe, menya uko byagenze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?