• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe imibare mishya y’abantu bamaze kugwa muri Gaza, kubera intambara ya Israel na Hamas.

minebwenews by minebwenews
August 16, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe imibare mishya y’abantu bamaze kugwa muri Gaza, kubera intambara ya Israel na Hamas.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe imibare mishya y’abantu bamaze kugwa muri Gaza, kubera intambara ya Israel na Hamas.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni byatangajwe na minisiteri y’ubuzima yo mu bice byo muri Gaza, aho yatangaje ko intambara imaze igihe ihanganishije igisirikare cya Israel n’umutwe wa Hamas ko imaze kugwamo abantu barenga ibihumbi 40, kandi ko hamaze gukomereka n’abandi benshi.

Igisirikare cya Israel cyatangiye iyi mirwano nyuma y’uko umutwe wa Hamas wari umaze kugaba igitero muri Israel, cyasize gihitanye abarenga 1,200.

Bisanzwe bizwi ko intara ya Gaza ituyemo abantu benshi, kandi bari kubucucike bwo hejura, ibituma muri rusange umubare w’abahitanwa n’intambara zimpande zombi uba uri hejuru.

Kandi igisirikare cya Israel cyakunze kunengwa kukuba gikoresha imbaraga zumurengera mu gihe kiba kiri kurwanya umutwe wa Hamas, ndetse kandi cyakunze gushinjwa no kwangiriza ibikorwa remezo by’abaturage, nabyo bikaba bituma abahasiga ubuzima baba benshi.

Ariko kuri ubu hari icyizere ko iyi ntambara ishobora kurangira burundu, biturutse ku biganiro biri guhuza impande zombi kandi ubona izi mpande zombi ziri kubigaragazamo ubushake.

Ku rundi ruhande, iki gisirikare cya Israel gikomeje kugaba ibitero simusiga mu gace ka Gaza, aho kuri ubu kiri kubikorera mu gace k’Amajyepfo, ahari harahungiye abaturage benshi, bakaba ndetse bongeye gusabwa guhunga nanone kuri iyi nshuro berekeza mu bice by’Amajyaruguru byahindutse amatongo, ni mu gihe ibyo bice ari byo byagiye biberamo imirwano cyane yanamaze iminsi myinshi.

Iyi minisiteri y’ubuzima yo mu gace ka Gaza, usibye kuvuga ko abarenga ibihumbi 40 kwaribo bamaze guhitanwa n’ibitero bikorwa hagati ya Israel na Hamas, yanavuze kandi ko hamaze gukomereka abandi benshi harimo n’abandi bantu babarirwa mu magana baburiwe irengero.

            MCN.
Tags: Abantu bamaze kugwaGazaHamasIDF
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye amakuru avuga ko wa munyamakurukazi wari ufungiwe i Burundi, yafunguwe, menya uko byagenze.

Hamenyekanye amakuru avuga ko wa munyamakurukazi wari ufungiwe i Burundi, yafunguwe, menya uko byagenze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?