• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe imibare mishya y’ingabo z’u Burundi, ziheruka gupfira mu gitero cyagabwe na Red Tabara, i Buringa, ho mu Ntara ya Bubanza.

minebwenews by minebwenews
March 15, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe imibare mishya y’ingabo z’u Burundi, ziheruka gupfira mu gitero cyagabwe na Red Tabara, i Buringa, ho mu Ntara ya Bubanza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe umubare mushya w’i ngabo z’u Burundi ziciwe mu gitero giheruka kugabwa na Red Tabara i Buringa.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni byatangajwe n’ishirahamwe ryo mu Burundi, Ligue Iteka, rishinzwe uburenganzira bwa muntu.

Ahagana mu mpera z’u kwezi kwa Kabiri, uyu mwaka n’ibwo Inyeshamba za Red Tabara zagabye igitero gikaze ku maposisiyo y’ingabo z’u Burundi yari ahitwa i Buringa, ha herereye muri Komine ya Gihanga, mu Ntara ya Bubanza.

Nyuma y’icyo gitero leta y’u Burundi yatangaje ko cyaguyemo abantu icenda, ivuga ko ari abasivile, bitandukanye kure nibyo Ligue Iteka yashize hanze muri iki Cyumweru turimo, yatangaje ko “igitero cya Red Tabara giheruka kugabwa i Buringa ko cyaguyemo abantu 19.”

Ligue Iteka ikavuga ko yakoze iperereza ryayo ku byerekeye igitero cy’i Buringa, mu rwego rwo kugira ngo hamenyekane ukuri no kugira ngo abahohotewe nabo bamenywe.

Ligue Iteka, ikemeza ko muri abo bapfuye harimo abasirikare icenda ba leta y’u Burundi, naho abasivile bakaba icumi, barimo abagore barindwi.

Iri shirahamwe rya Ligue Iteka ryanavuze n’amazina yabapfuye kugira ngo berekane ko hakozwe iperereza ry’imbitse.

Mu byo Ligue Iteka isobanura yagaragaje ko abarwanyi ba Red Tabara ko bagabye kiriya gitero ku masaha y’ijoro akuze, yo mu ijoro ryo ku itariki ya 25/02/2024, kandi ko bagabye iki gitero baturutse mu ishamba rya Rukoko.

Ikavuga ko uwahotewe wa mbere ko ari Sipiriyani Nizigiyimana, bakubise kugeza apfuye. Uyu yari umushumba w’ihene za Lieutenant Colonel Aaron Ndayishimiye. Ikavuga kandi ko aba barwanyi bamaze kuva mu ishyamba rya Rukoko mbere y’uko bagaba igitero babanjye guhagarara ku itorero rya Methodist libre, maze abasirikare ba leta y’u Burundi bari aho bakizwa n’amaguru batarwanye, bakaba bamwe barahunze berekeza ahari icyicaro gikuru cy’ishyaka rya CNDD FDD, abandi berekeza mu rugo rwa nyakwigendera Emile ahari icyunamo, nk’uko inyandiko za Ligue Iteka zibivuga.

Muri aka kanya Red Tabara yahise irasa ku basirikare bari bahunze , abasirikare bane bakaba barahise barasirwa ku cyicaro gikuru cy’ishyaka rya CNDD FDD, abandi basirikare batatu n’abasivile icenda baguye kurugo rwa nyakwigendera Emile, abandi basirikare ba biri baguye ahitwa kwa Badogo.

Inyandiko za Ligue Iteka ikavuga ko umurambo w’umushumba w’ihene wa Lt Col Aaron Ndayishimiye ko watwikiwe mu Modoka ubwo bari bawerekeje muri morgue, ikaba yari imodoka yo mu bwoko bwa Probox.

Inyandiko za Ligue Iteka zisoza zivuga ko “imirambo ya basivile yabanje kujanwa mu buruhukiro bwa DCA ha herereye ku k’ibuga cy’indege mpuzamahanga cyitiriwe Melchior Ndadaye, ariko iza gushingurwa mu irimbi rya mpanda, mu gihe imirambo yo ya basirikare yashinguwe ahitwa CECENI.

                MCN.
Tags: Imibare mushyaY'i Ngabo zu BurundiZaguye mu gitero cy'iburinga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ubwato bwari butwaye imiti ivura inkomeri zakomerekeye kurugamba, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bwagabweho ibitero bikaze.

Ubwato bwari butwaye imiti ivura inkomeri zakomerekeye kurugamba, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru bwagabweho ibitero bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?