• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe imirimo itanu, ibonekamo amafaranga menshi ku mugabane w’Afrika.

minebwenews by minebwenews
March 19, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe imirimo itanu, ibonekamo amafaranga menshi ku mugabane w’Afrika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe imirimo itanu ihemba neza abakozi kuri uyu mugabane w’Afrika.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyatangajwe n’igitangaza makuru cya Business insider Africa, kivuga ko n’ubwo kubona akazi keza bikiri ikibazo cy’ugarije Abanyafrika atariko hari imirimo itanu iri muyambere ihemba amafaranga menshi muri Afrika mu 2024.

Iyo mirimo, kivuga ko ariyi ikurikira:

1.Abakora “Software:”

Aba ni abantu bakora imiyoboro (System Application, Website), ikorera kuri Internet (murandasi). Bavuga ko iterambere rya software ko ari akazi kinjiza kandi gahemba atubutse, gusa ngo bigasaba kuba ufite umwanya.

Iki kinyamakuru ki kavuga ko abakoresha Software muri Afrika binjiza angana 107.731($107,731) ku mwaka.

  1. Abasesengura amakuru (Data Analyst).

Aba ni abahanga mu gukusanya no gusesengura amakuru kugirango bafashe amashirahamwe gufata ibyemezo byuzuye. Bakoresha uburyo bwibarurisha mibare n’ibikoresho bya ‘software’ kugirango bakure ubushobozi muri ‘datasets’ nini kandi bamenyeshe ibyo babonye abafatanyabikorwa binyuze muri raporo bakora.

Dukurikije umubare batanze w’amafaranga abivamo, kubatuye muri Amerika binjiza angana na $65.000 ku mwaka. Naho kubasesengura amakuru bakinjiza angana na 30.000 ku mwaka.

3.Full stock Developers

Aba ni abahanga bafite inararibonye mu guteza imbere programu. Bafite ubumenyi butandukanye bw’i ndimi nka HTML, css na JavaScript ku murongo w’imbere n’indimi nka python, Java, na pH ku murongo wa nyuma.

Abafite ubu bumenyi barakenerwa munganda , kuko zishobora gukora ku nzego zose za programu y’urubuga kandi zishobora kugira uruhare mu iterambere kuva itangiye kugeza irangiye. Abakora aka kazi umushahara wabo muri Afrika urashobora kuba hafi $ 113,600 cyangwa $ 250.000 k’u mwaka.

4.Abafite ubumenyi mwikorana buhanga

Ni abantu bakenewe ahantu hose mu bihugu byinshi by’Afrika, kubera ko amashirahamwe agenda yishingikiriza imikorere no kuvugana n’abakiliya. Abakora umwuga wikoranabuhanga barashushanya , kubaka no kubungabunga system ya mudasobwa(computer) gukora imiyoboro bashobora no gukora mu nganda.

Binjiza angana na $ 40.000 cangwa 50.000 ku mwaka.

5.Abajyanama mu micungire y’imishinga

Aba bagira i nama amashirahamwe uburyo bwo kunoza imikorere no kugera ku ntego zayo no gucunga imishinga.

            MCN.
Tags: Imirimo itanuMuri AfrikaSoftwareYinjiza amafaranga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 yashwanyaguje ibibunda by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri.

M23 yashwanyaguje ibibunda by'ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?