• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe imirimo itanu, ibonekamo amafaranga menshi ku mugabane w’Afrika.

minebwenews by minebwenews
March 19, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe imirimo itanu, ibonekamo amafaranga menshi ku mugabane w’Afrika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe imirimo itanu ihemba neza abakozi kuri uyu mugabane w’Afrika.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

N’ibyatangajwe n’igitangaza makuru cya Business insider Africa, kivuga ko n’ubwo kubona akazi keza bikiri ikibazo cy’ugarije Abanyafrika atariko hari imirimo itanu iri muyambere ihemba amafaranga menshi muri Afrika mu 2024.

Iyo mirimo, kivuga ko ariyi ikurikira:

1.Abakora “Software:”

Aba ni abantu bakora imiyoboro (System Application, Website), ikorera kuri Internet (murandasi). Bavuga ko iterambere rya software ko ari akazi kinjiza kandi gahemba atubutse, gusa ngo bigasaba kuba ufite umwanya.

Iki kinyamakuru ki kavuga ko abakoresha Software muri Afrika binjiza angana 107.731($107,731) ku mwaka.

  1. Abasesengura amakuru (Data Analyst).

Aba ni abahanga mu gukusanya no gusesengura amakuru kugirango bafashe amashirahamwe gufata ibyemezo byuzuye. Bakoresha uburyo bwibarurisha mibare n’ibikoresho bya ‘software’ kugirango bakure ubushobozi muri ‘datasets’ nini kandi bamenyeshe ibyo babonye abafatanyabikorwa binyuze muri raporo bakora.

Dukurikije umubare batanze w’amafaranga abivamo, kubatuye muri Amerika binjiza angana na $65.000 ku mwaka. Naho kubasesengura amakuru bakinjiza angana na 30.000 ku mwaka.

3.Full stock Developers

Aba ni abahanga bafite inararibonye mu guteza imbere programu. Bafite ubumenyi butandukanye bw’i ndimi nka HTML, css na JavaScript ku murongo w’imbere n’indimi nka python, Java, na pH ku murongo wa nyuma.

Abafite ubu bumenyi barakenerwa munganda , kuko zishobora gukora ku nzego zose za programu y’urubuga kandi zishobora kugira uruhare mu iterambere kuva itangiye kugeza irangiye. Abakora aka kazi umushahara wabo muri Afrika urashobora kuba hafi $ 113,600 cyangwa $ 250.000 k’u mwaka.

4.Abafite ubumenyi mwikorana buhanga

Ni abantu bakenewe ahantu hose mu bihugu byinshi by’Afrika, kubera ko amashirahamwe agenda yishingikiriza imikorere no kuvugana n’abakiliya. Abakora umwuga wikoranabuhanga barashushanya , kubaka no kubungabunga system ya mudasobwa(computer) gukora imiyoboro bashobora no gukora mu nganda.

Binjiza angana na $ 40.000 cangwa 50.000 ku mwaka.

5.Abajyanama mu micungire y’imishinga

Aba bagira i nama amashirahamwe uburyo bwo kunoza imikorere no kugera ku ntego zayo no gucunga imishinga.

            MCN.
Tags: Imirimo itanuMuri AfrikaSoftwareYinjiza amafaranga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
M23 yashwanyaguje ibibunda by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri.

M23 yashwanyaguje ibibunda by'ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?