Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe umubare w’ifaranga zikenewe kugira abakomeje kuva mu byabo kubera intarambara bafashwe, mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 13, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe umubare w’ifaranga zikenewe kugira abakomeje kuva mu byabo kubera intarambara bafashwe, mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gutanga ubufasha ku Banyakongo bakomeje kuva mu byabo kubera ibibazo by’intambara harasabwa miliyoni 200 z’amadolari y’Amerika.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni byatangajwe n’uhagarariye ibiro bikuru bya UNHCR, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Angela Dikongue Atangana, aho yavuze ko hasabwa miliyoni 200 z’amadolari y’Amerika, kugira abavanwe mu byabo kubera intarambara bafashwe.

Uyu komiseri mukuru wa Unchr muri RDC, yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12/03/2024, nyuma y’uko abakurwa mu byabo bakomeje kwiyongera, aho bahunga bava muri teritware ya Rutsuru, imazemo iminsi irimo imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Angela Dikongue Atangana, yagize ati: “Dukurikije abakuwe mu byabo n’intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, dukeneye amadorali y’Amerika arenga miliyoni 200 yo kubafasha. Umwaka ushize ntitwigeze tugera kuri 50%. By’inkunga ikenewe.”

Ntiyahwemye no gusaba ko intambara yahagarara mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC.

Ni mu gihe imirwano ikomeje kuja imbere, aho M23 ikomeje kwirukana ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ndetse ikaba inasatira yerekeza i Goma, k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, no mu bindi bice byo mu yandi materitware.

Gusa Sosiyete sivile zo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, zirashinja Ingabo z’igihugu kugira uruhare runini mu gutuma imirwano idahagarara, no kureka ibice byinshi bikomeza kwigarurirwa na M23.

              MCN.
Tags: Idolari ry'AmerikaIntambaraMiliyoni 200Mu BurasirazubaRdcUNHCR
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi, ntarabona uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ariko hari abari guhabwa amahirwe.

Perezida Félix Tshisekedi, ntarabona uzatsimbura minisitiri w'intebe Michel Sama Lukonde, ariko hari abari guhabwa amahirwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?