Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hatangajwe umutwe ukomeye ugiye kurwanya Leta y’i Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 1, 2025
in Conflict & Security
0
Hatangajwe umutwe ukomeye ugiye kurwanya Leta y’i Burundi.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe umutwe ukomeye ugiye kurwanya Leta y’i Burundi.

You might also like

I Mulenge: Inka zibarirwa mu mirongo zanyazwe.

FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe.

RDC yashinjwe gukora igikorwa ndengakamere nyuma y’aho isinye amasezerano y’amahoro.

Abarundi barimo n’abanyapolitiki bahungiye mu Bubiligi batangaje ko bagiye kurwanya ubutegetsi bw’i gihugu cyabo buyobowe n’ishyaka rya CNDD-FDD bakoresheje intwaro.

Ababitangaje barimo ishyaka riharanira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Arusha rya CFOR-Arusha, CN Ingeri Yarugamba na MAP Burundi Buhire.

Umwe mubayobozi b’iyi mitwe yitwaje intwaro igiye kurwanya Leta ya perezida Evariste Ndayishimiye, witwa Frederic Bamvuginyumvira wanabayeho visi perezida w’u Burundi kuva mu 1998 kugeza mu 2001, akaba ari na we perezida wa CFOR Arusha, yabwiye itangazamakuru ko biyemeje gufata intwaro bakarwanya Leta ihari, ngo kuko ikomeje kuyobora igihugu cyabo nabi.

Yagize ati: “Turebye ibyo tugiye kujyamo, nta cyatuma abantu batavuga bati ‘turafata intwaro’. Ubutegetsi mu by’ukuri ntibukeneye ko abandi bantu bavuga irindi jambo, atari bwo gusa.”

Ni naho yasobanuye ko abanyapolitiki bahungiye mu Bubiligi ba Barundi biyemeje guhuza imbaraga kugira ngo barwane urwo rugamba.

Yakomeje avuga ko bagiye gushaka abandi bantu bari hagati mu gihugu cy’u Burundi, bemera bakizirika umukanda mu rwego rwo kugira ngo barwanirire igihugu cyabo. Avuga ko abenegihugu ko bafite uburenganzira bwo kurwanya Leta mu gihe idakora inshingano zayo.

Ati: “Iyo Leta itubahiriza uburenganzira bw’ikiremwamuntu, icyo gihe abenegihugu bafite uburenganzira bwo gufata intwaro bakayivanaho.”

Aba Barundi bari mu Bubiligi biyemeje kurwanya Leta yabo, mu gihe iki gihugu cyari gisanzwe gifite indi mitwe yitwaje intwaro iyirwanya irimo uwa Red-Tabara n’uwa FOREBU n’indi. Ndetse mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka turimo undi mutwe wa Politiki witwa FRB-Abarundi na wo watangaje ko wihuje n’uwa UPR na UPF kugira ngo irwanye ubutegetsi bw’i Gitega.

Tags: AbanyapolitikiU BubiligiU BurundiUmutwe
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

I Mulenge: Inka zibarirwa mu mirongo zanyazwe.

by Bruce Bahanda
July 1, 2025
0
I Mulenge: Inka zibarirwa mu mirongo zanyazwe.

I Mulenge: Inka zibarirwa mu mirongo zanyazwe. Inka z'Abanye-Congo bo mu bwoko bw'Abanyamulenge zibarirwa mu mirongo zanyazwe n'umutwe witwaje intwaro wa Mai Mai wibumbiye muciswe Wazalendo ukorana byahafi...

Read moreDetails

FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe.

by Bruce Bahanda
July 1, 2025
0
FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe.

FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe. Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kizwi nka FARDC cyatangaje ko cyarashe indege ya gurutse mu...

Read moreDetails

RDC yashinjwe gukora igikorwa ndengakamere nyuma y’aho isinye amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
July 1, 2025
0
Ibibunda byahawe ingabo za RDC ntibisanzwe.

RDC yashinjwe gukora igikorwa ndengakamere nyuma y'aho isinye amasezerano y'amahoro. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryamaganye Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Airstrikes on Minembwe Condemned by Mahoro Peace Association

by minebwenews
June 30, 2025
0
Airstrikes on Minembwe  Condemned by Mahoro Peace Association

The Mahoro Peace Association (MPA) has issued a strong condemnation of airstrikes conducted by the Congolese army on Minembwe aerodrome on Monday, June 30, 2025. The attacks, carried...

Read moreDetails

Drone yagabye igitero mu Minembwe hagaragajwe aho yaturutse.

by Bruce Bahanda
June 30, 2025
0
Drone yagabye igitero mu Minembwe hagaragajwe aho yaturutse.

Drone yagabye igitero mu Minembwe hagaragajwe aho yaturutse. Igitero cya drone cyagabwe mu Minembwe ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, birakekwa ko yaturutse i...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe.

FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?