• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanze umucyo ku musirikare uheruka kwicwa arashwe mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
January 15, 2025
in Regional Politics
0
Esikoti wo kwa Lt Gen. Masunzu yishwe arashwe mu Minembwe.
154
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanze umucyo ku musirikare uheruka kwicwa arashwe mu Minembwe.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Bikubiye mu ibaruwa yashyizwe hanze n’umuyobozi w’ungirije wa sosiyete sivile ya Minembwe, Mufashi Santos, aho igaragaza ko Captain Eric Uwimana uheruka kwitaba Imana, yarashwe n’ingabo za Congo zikorera ku Kiziba mu Minembwe.

Ahagana isaha ya saa moya z’ijoro ryo ku itariki ya 13/01/2025, ni bwo Captain Eric Uwimana wari usanzwe arinda inzu ya Lt.Gen Masunzu iri ku Kiziba yishwe arashwe.

Iyi nzu uriya murinzi wo kwa Masunzu yarasiweho, iherereye hafi n’ikibuga cy’indege cya Minembwe, ikaba kandi iri mu ntera y’ikirometero kimwe uvuye aho ikambi y’abasirikare ba FARDC iri ku Kiziba.

Nk’uko bigaragara mu ibaruwa yashyizwe hanze n’umuyobozi w’ungirije wa sosiyete sivile ya Minembwe, ivuga ko “nubwo bitaratangazwa ku mugaragaragaro uwishe Captain Eric Uwimana, ariko ko amakuru y’ibanze yemeza ko yarashwe na Major Papy ureba abasirikare ba FARDC ku Kiziba.”

Muri iyi baruwa kandi, sosiyete sivile yagaragaje ko iki gikorwa cyo kwica Major Papy yakoze, atari cyo cya mbere ngo kuko tariki ya 27/10/2024, nabwo kandi yategetse Esikoti we kurasa mugenzi we warimo asaba umushahara we. Aramurasa arapfa.

Nubwo muri iyi baruwa sosiyete sivile itagaragaje icyatumye Maj Papy yica Captain Eric, amakuru yo kuruhande avuga ko mbere y’uko haba igikorwa cyo kwica barashe, hari habanje kuba intonganya hagati ya Papy na Eric. Aya makuru akavuga ko Eric yari yameneye ibanga bagenzi be ko Papy ari “interahamwe” yihinduye umunye-Kongo.

Mu busanzwe, interahamwe(FDLR) zikorana byahafi n’igisirikare cya Congo, FARDC, ndetse abenshi murizo usanga banakora mu nzego zohejuru mu buyobozi bukuru bw’Ingabo za RDC.

Uyu Eric wishwe we, akomoka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ariko akaba yarashakanye n’umukobwa w’Umunyamulenge uvuka i Gakenke.

Nyuma y’iraswa rya Captain Eric Uwimana, sosiyete sivile yavuze ko muri ibyo bice humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi, kandi ko zaraswaga n’ingabo za Congo.

Uyu musirikare wishwe, yasize umugore n’abana 11, akaba kandi asize n’umukazana.

Tubibutse ko yashinguwe mu cyubahiro ahar’ejo tariki ya 14/01/2025, ashingurwa i Gakenke ahari umuryango w’iwe.

Tags: EricKuziba
Share62Tweet39Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi w’Abanyamulenge muri Kamanyola yafunzwe.

Umuyobozi w'Abanyamulenge muri Kamanyola yafunzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?