• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 30, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanze umucyo ku musirikare uheruka kwicwa arashwe mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
January 15, 2025
in Regional Politics
0
Esikoti wo kwa Lt Gen. Masunzu yishwe arashwe mu Minembwe.
154
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanze umucyo ku musirikare uheruka kwicwa arashwe mu Minembwe.

You might also like

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Bikubiye mu ibaruwa yashyizwe hanze n’umuyobozi w’ungirije wa sosiyete sivile ya Minembwe, Mufashi Santos, aho igaragaza ko Captain Eric Uwimana uheruka kwitaba Imana, yarashwe n’ingabo za Congo zikorera ku Kiziba mu Minembwe.

Ahagana isaha ya saa moya z’ijoro ryo ku itariki ya 13/01/2025, ni bwo Captain Eric Uwimana wari usanzwe arinda inzu ya Lt.Gen Masunzu iri ku Kiziba yishwe arashwe.

Iyi nzu uriya murinzi wo kwa Masunzu yarasiweho, iherereye hafi n’ikibuga cy’indege cya Minembwe, ikaba kandi iri mu ntera y’ikirometero kimwe uvuye aho ikambi y’abasirikare ba FARDC iri ku Kiziba.

Nk’uko bigaragara mu ibaruwa yashyizwe hanze n’umuyobozi w’ungirije wa sosiyete sivile ya Minembwe, ivuga ko “nubwo bitaratangazwa ku mugaragaragaro uwishe Captain Eric Uwimana, ariko ko amakuru y’ibanze yemeza ko yarashwe na Major Papy ureba abasirikare ba FARDC ku Kiziba.”

Muri iyi baruwa kandi, sosiyete sivile yagaragaje ko iki gikorwa cyo kwica Major Papy yakoze, atari cyo cya mbere ngo kuko tariki ya 27/10/2024, nabwo kandi yategetse Esikoti we kurasa mugenzi we warimo asaba umushahara we. Aramurasa arapfa.

Nubwo muri iyi baruwa sosiyete sivile itagaragaje icyatumye Maj Papy yica Captain Eric, amakuru yo kuruhande avuga ko mbere y’uko haba igikorwa cyo kwica barashe, hari habanje kuba intonganya hagati ya Papy na Eric. Aya makuru akavuga ko Eric yari yameneye ibanga bagenzi be ko Papy ari “interahamwe” yihinduye umunye-Kongo.

Mu busanzwe, interahamwe(FDLR) zikorana byahafi n’igisirikare cya Congo, FARDC, ndetse abenshi murizo usanga banakora mu nzego zohejuru mu buyobozi bukuru bw’Ingabo za RDC.

Uyu Eric wishwe we, akomoka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ariko akaba yarashakanye n’umukobwa w’Umunyamulenge uvuka i Gakenke.

Nyuma y’iraswa rya Captain Eric Uwimana, sosiyete sivile yavuze ko muri ibyo bice humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi, kandi ko zaraswaga n’ingabo za Congo.

Uyu musirikare wishwe, yasize umugore n’abana 11, akaba kandi asize n’umukazana.

Tubibutse ko yashinguwe mu cyubahiro ahar’ejo tariki ya 14/01/2025, ashingurwa i Gakenke ahari umuryango w’iwe.

Tags: EricKuziba
Share62Tweet39Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi w’Abanyamulenge muri Kamanyola yafunzwe.

Umuyobozi w'Abanyamulenge muri Kamanyola yafunzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?