• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatanzwe amakuru arambuye ku rusaku rw’amasasu menshi yumvikanye mu Mikenke.

minebwenews by minebwenews
September 15, 2024
in World News
0
Hatanzwe amakuru arambuye ku rusaku rw’amasasu menshi yumvikanye mu Mikenke.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe amakuru arambuye ku rusaku rw’amasasu menshi yumvikanye mu Mikenke.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wo ku Cyumweru tariki ya 15/09/2024, amasasu menshi yarasiwe mu Mikenke ho muri Secteur ya Itombwe muri teritware ya Mwenga, nyuma y’uko abasirikare ba FARDC bari banze gutsimburwa(gukomborwa) badahawe umushahara wabo, uwo bagize igihe batawuhabwa.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko amezi abaye ane aba basirikare ba FARDC bakorera mu Mikenke no mu Minembwe badahembwa.

Usibye ko mu kwezi gushize haje umushahara wa bamwe abandi baviramo gutyo.

Uyumunsi nibwo iyi batayo ireba aka gace ka Mikenke, yasabwe kwimuka ikirekera mu Minembwe ku cyicaro gikuru cya brigade ireba igice kinini cyo muri teritware ya Fizi na Mwenga, abandi nabo barabyanga. Niko guhita bigumura batangira kurasa amasasu menshi arimo nay’imbunda za musaada.

Aya makuru akomeza avuga ko “iryo rasagura amasasu hejuru, byatwaye nka masaha atatu n’igice.”

Minembwe Capital News yanamenye kandi ko urwo rusaku rw’imbunda rwatewe n’abasirikare ba Leta bakoze igisa no kwigumura, rwatumye abaturage bahungira mu mashyamba abandi bikingirana mu mazu.

Ku buryo n’isoko izwi nka ‘Kansoko’ ihora irema amasaha y’umugoroba wa buri Cyumweru itarema. Iy’isoko iremera ahitwa mu Makaina, hafi n’ikibuga cy’indege cya Mikenke. Ubundi kandi nta makanisa(amatorero) yo muri ako gace yasenze, kuko n’igihe amasasu yatangiye kuraswa abakrisitu bari bamaze kugera mu materaniro, nyuma yokumva amasasu bahise bakizwa n’amaguru.

Gusa, ituze ryongeye kugaraka muri aka gace ahagana isaha z’umugoroba wajoro. Kugeza n’ubu harituze.

            MCN.
Tags: AmasasuIrasaguraMikenke
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post

China to Sell 150,000 Tons of Metals From Reserves on Dec. 1

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?