• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatanzwe amakuru arambuye ku rusaku rw’amasasu menshi yumvikanye mu Mikenke.

minebwenews by minebwenews
September 15, 2024
in World News
0
Hatanzwe amakuru arambuye ku rusaku rw’amasasu menshi yumvikanye mu Mikenke.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe amakuru arambuye ku rusaku rw’amasasu menshi yumvikanye mu Mikenke.

You might also like

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wo ku Cyumweru tariki ya 15/09/2024, amasasu menshi yarasiwe mu Mikenke ho muri Secteur ya Itombwe muri teritware ya Mwenga, nyuma y’uko abasirikare ba FARDC bari banze gutsimburwa(gukomborwa) badahawe umushahara wabo, uwo bagize igihe batawuhabwa.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko amezi abaye ane aba basirikare ba FARDC bakorera mu Mikenke no mu Minembwe badahembwa.

Usibye ko mu kwezi gushize haje umushahara wa bamwe abandi baviramo gutyo.

Uyumunsi nibwo iyi batayo ireba aka gace ka Mikenke, yasabwe kwimuka ikirekera mu Minembwe ku cyicaro gikuru cya brigade ireba igice kinini cyo muri teritware ya Fizi na Mwenga, abandi nabo barabyanga. Niko guhita bigumura batangira kurasa amasasu menshi arimo nay’imbunda za musaada.

Aya makuru akomeza avuga ko “iryo rasagura amasasu hejuru, byatwaye nka masaha atatu n’igice.”

Minembwe Capital News yanamenye kandi ko urwo rusaku rw’imbunda rwatewe n’abasirikare ba Leta bakoze igisa no kwigumura, rwatumye abaturage bahungira mu mashyamba abandi bikingirana mu mazu.

Ku buryo n’isoko izwi nka ‘Kansoko’ ihora irema amasaha y’umugoroba wa buri Cyumweru itarema. Iy’isoko iremera ahitwa mu Makaina, hafi n’ikibuga cy’indege cya Mikenke. Ubundi kandi nta makanisa(amatorero) yo muri ako gace yasenze, kuko n’igihe amasasu yatangiye kuraswa abakrisitu bari bamaze kugera mu materaniro, nyuma yokumva amasasu bahise bakizwa n’amaguru.

Gusa, ituze ryongeye kugaraka muri aka gace ahagana isaha z’umugoroba wajoro. Kugeza n’ubu harituze.

            MCN.
Tags: AmasasuIrasaguraMikenke
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe amakimbirane ya gisirikare hagati ya Iran, Israel,...

Read moreDetails

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye Umuyobozi w’Ikirenga mushya wa Iran, Mojtaba Khamenei, yatangaje ko igihugu cye kizishyuza...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena

Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena Mu gihe amakimbirane akomeye akomeje kuzahaza akarere k’Uburasirazuba bwo...

Read moreDetails

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru Mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe umutekano ukomeje guhungabana mu karere k’U burasirazuba bwo Hagati, ibihugu byinshi ku isi...

Read moreDetails
Next Post

China to Sell 150,000 Tons of Metals From Reserves on Dec. 1

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?