• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe ibirego bishinja abahohotera Abanyamulenge, Abahema n’Abatutsi bose muri rusange muri RDC.

minebwenews by minebwenews
September 10, 2024
in Regional Politics
0
Hatanzwe ibirego bishinja abahohotera Abanyamulenge, Abahema n’Abatutsi bose muri rusange muri RDC.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe ibirego bishinja abahohotera Abanyamulenge, Abahema n’Abatutsi bose muri rusange muri RDC.

You might also like

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

Bikubiye mu itangazo rigenewe Abanyamakuru ryakozwe n’ihuriro rishinzwe kurengera abahohotewe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho ryatanze ikirego mu nzego z’ubutabera muri RDC na mpuzamahanga, kivuga ko Abatutsi bahohoterwa mu Burasirazuba bw’iki gihugu, kandi ko mubabahotera harimo n’abayobozi b’iki gihugu.

Iri tsinda rivuga ko iyi gahunda igaragaza intambwe ikomeye mu gushaka ubutabera ku bakorerwa iri hohoterwa no kurebera hamwe icyakorwa ngo rikumirwe.

Iri tangazo rigaragaza ko iki kirego cyatanzwe ku itariki ya 06/09/2024 ku mushinjacyaha mukuru wa gisirikare i Goma, ndetse n’uwa Repubulika ya demokarasi ya Congo uri i Kinshasa.

Ni kirego kandi cyagejejwe no ku mushinjacyaha mukuru w’urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga ruri i La Haye mu Buholandi.

Iritangazo riteweho umukono n’abavoka barimo J.Paul Shaka na Bernard Maingain, rivuga kandi ko iki kirego gikurikira iterabwaba rikomeye abunganizi biri tsinda bahuye naryo mu gihe cyogutanga iki kirego i Goma n’i Kinshasa.

Itangazo rigira riti: “Iki kirego cyatanzwe n’abavoka, dusanga barashyizweho iterabwaba rikomeye ubwo batangaga iki kirego.”

Rishimangira ko kandi “Iri tsinda ryashyikirije ibiro by’ubushinjacyaha , ibirego 22 ku bwinyungu rusange z’abahohotewe, byashyizweho umukono n’abanyamuryango ba Banyamulenge.

Harimo kandi ibirego 218 byanditswe mu gifaransa hamwe n’ibirego 148 byabishwe i Masisi, ndetse kandi n’ibirego 257 by’Abatutsi bahohotewe mu nkambi z’impunzi.

Iri tsinda ryerekana neza ko abandi bantu bazahita binjira muri uru rugaga rw’abarega.

Kugeza ubu, umwirondoro w’abarega nturashyikirizwa inzego z’ubutabera kubera impungenge z’umutekano.

Ubu buryo bugamije kubona ubutabera no kumenyekanisha ihohoterwa rikomeye rikorerwa Abanyamulenge, Abahema n’Abatutsi bose muri rusange no gushaka ko babona ubutabera bukwiye.

             MCN.
Tags: AbahemaAbatutsiIbiregoRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka Ese wari uzi ko mu bihe bya kera cyane, Afurika...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bayobozi bo muri AFC/M23, yatawe muri yombi muri Uganda.

Umwe mu bayobozi bo muri AFC/M23, yatawe muri yombi muri Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?