
Ubutumwa Imana yatanze mubaturage baturiye Rurambo ho muri Teritware ya Uvira muri Kivu Yepho mugihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo.
Ubutumwa burimo ubuhanuzi Minembwe Capital News, yabuhawe none tariki 15.03.2023.
Uwatanze iyinkuru nziza siwe wahanuye ahubwo we yabaye aho Ubuhanuzi buhabwa ab’Anyarurambo. Akaba nomubakozi b’Imana baturiye Imisozi miremire y’Imulenge, gusa ntiyashatse ko dutangaza izina rye.
Ubuhanuzi bwatanzwe buvuga ngo:
- Mugihe kigiye kuza ab’Anyamulenge bazakurwaho igisuzuguriro.
- Abanyamulenge, mugiye guhindurirwa ibihe. Aha yavuze ko igihe mwabayeho mudafite ubutabazi kirangiye ati mugiye kwinjira mubihe byo gutabarwa; aha hari nimisozi yavuzwe harimo umusozi : A. Kugasha.
B. Kuri Kangwe.
- Abanyamulenge muhawe imbaraga. Ahari umusore umwe umwanzi azahatinya nkahari abasore 10, ahari abasore icumi umwanzi azahabona nkahari abasore 100, ahari abasore ijana umwanzi azahabona nkahari abasore igihumbi(1000).
- Nyuma intambara ngo izamanuka muri Plaine. Imana ivuga ko arinaho intambara izaremera ikomeye.
Ikimenyetso Imana yatanze yavuze ko muri Plaine hazameneka amaraso menshi.
Ikindi kimenyetso Imana yatanze kivuga ko Abanyamulenge bagiye guhunguka kubwinshi bava mubihugu biri mumpera zine(4) z’Isi.
Ikimenyetso ca gatatu catanzwe kivuga ko Abapfurero bagiye guhunga kubwinshi berekeza mumashamba, Abapfurero banabwiwe ko ibigori barimo guhinga ubu batazabiryaho.
Umuhanuzi yarangije asaba amoko yose aturiye muri Kivu Yepho mugihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo, ko bagomba kwireganaho bakiyeza kugira ngo bahabwe imbazi n’Imana.
Ubuhanuzi nijambo rivuga ibiri muri Kazoza(Future), ubuhanuzi bwahozeho kuva kera Daniel muri Bibilia yisezerano rya Kera yahanuye kuza kwa Yesu no gupfa kwe. Ibi byageze igihe biraba, Yesu yabayeho abana nabantu yigisha ubutumwa bw’iza bw’ubwami bw’Imana ageze igihe arapfa arazuka aja mwinjuru isi yose imubona.
Umuririmbyi Roze Muhando yaririmbye ati: “Ahatariyerekwa abantu barazimira.”





Imana itange ihumure kubamaze imyaka barengana
Amen and Amen
Hhhhhhhhh ukweli reka tubihange amaso Thomas kuamini kwake nikujioneya