• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe umucyo ku iturika ry’ibikoresho by’itumanaho byishe benshi abandi barakomereka muri Libani.

minebwenews by minebwenews
September 19, 2024
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo ku iturika ry’ibikoresho by’itumanaho byishe benshi abandi barakomereka muri Libani.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku iturika ry’ibikoresho by’itumanaho byishe benshi abandi barakomereka muri Libani.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Abantu 20 nibo bahasize ubuzima abandi 450 barakomereka, nyuma abakora ubutabazi bwihuse bateraniye ahabereye icyo gikorwa mu mujyi wa Sidon, mu majyepfo ya Libani.

Minisiteri y’ubuzima yo muri Libani yemeje aya makuru, aho ivuga ko abantu 20 bapfuye abandi 450 bakomeretse, kandi ko harimo abakomeretse bikabije mu iturika ry’ibikoresho by’itumanaho.Ivuga ko ari ibikoresho by’umutwe wa Hezbollah byaturikiye mu nkengero zo mu majyepfo y’umurwa mukuru wa Beirut, mu kibaya cya Bakaa no mu majyepfo ya Libani, ahazwi nk’indiri z’uwo mutwe.

Bivugwa ko bimwe mu byaturitse byabaye mu gihe barimo bashyingura abantu 12 abo minisiteri y’ubuzima ivuga ko bishwe ubwo ibikorwa by’itumanaho by’umutwe wa Hezbollah byaturikaga ku nshuro ya mbere ku wa Kabiri w’iki Cyumweru, itariki ya 17/09/2024.

Nyuma uyu mutwe wa Hezbollah waje gushinja Israel kuba ari yo yabagabyeho icyo gitero, ariko kugeza ubu ntacyo Israel irabivugaho.Ibyo bibaye mu gihe Minisitiri w’ingabo wa Israel Yoav Gallant yari aheruka gutangaza icyiciro gishya mu ntambara.

Uyu Minisitiri w’ingabo wa Israel yavuze ko Israel irimo ‘gufungura icyiciro gishya mu ntambara’ ndetse ko ingabo zabo zirimo kwi mukira mu majyaruguru zibanjye kubanza ku himurira ibikoresho byagisirikare.”

Igisirikare cya Israel kikaba cyaremeje ko umutwe w’ingabo uheruka kurwanira muri Gaza woherejwe mu majyaruguru.Mu gihe Hezbollah yo ivuga ko ibyo iri gukora biri mu buryo bwo gufasha umutwe wa Hamas nayo ifashwa na Irani, umutwe ufashwe na Israel n’ibindi bihugu byo mu Burengerazuba bw’isi nk’umutwe witerabwoba.

Ku wa gatatu, ibiro byitangaza makuru bya Hezbollah byatangaje urupfu rw’abarwanyi 13 bayo, barimo n’umuhungu w’imyaka 16, kuva icyiciro cya kabiri cy’ibuturika cyaba. Ibyo biro byanavuze ko uwo mutwe warashe ku ngabo za Israel ziherereye hafi y’umupaka no mu gace kigaruriwe na Israel kazwi nka Golan Heights, urasa za rokete mu birindiro by’iz’ingabo za Israel zikoresha imbunda za rutura.

Igisirikare cya Israel cyavuze ko ibisasu hafi 30 byambukiye muri Israel biva muri Libani ku wa gatatu, biteza inkongi y’umuriro ariko ntibyagira uwo bikomeretsa.Cyavuze kandi ko indege z’intambara za Israel zarashe ku barwanyi ba Hezbollah mu majyepfo ya Libani. Ibisigazwa by’icyombo cyo mu bwoko bwa ICOM, nyuma y’iturika mu nzu iri mu nkengero y’umujyi wa Baabek, mu kibaya cya Bakaa, mu majyaruguru ya Libani, ku itariki ya 18/09/2024. Ibyo bituruka byishe abantu byo ku wa gatatu ni ikindi gisebo kuri Hezbollah ndetse gishobora kuba ari ikimenyetso ko umuyoboro w’itumanaho wayo wose ushobora kuba warinjiriwe na Israel.

Ibi byanatumye abanya-Libani benshi bagwa mu kantu ndetse bagira n’uburakari, nyuma y’uko ibikoresho by’itumanaho bibarirwa mu bihumbi byaturikaga icyarimwe. Ibi bikoresho ngo byaturitse habanje kugaragara ubutumwa bwanditse kuri ibyo bikoresho bibwiraga ko buvuye ku mutwe wa Hezbollah.

              MCN.
Tags: Byishe abantuHezabollahIbiturikaLibani
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post

Economists See Few Monetary Policy Changes With Powell Leading Fed

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?