• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe umucyo ku makambi ya gisirikare arimo ku bakwa ku Ndondo.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2024
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo ku makambi ya gisirikare arimo ku bakwa ku Ndondo.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku makambi ya gisirikare arimo ku bakwa ku Ndondo.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Amakuru ava ku Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Epfo, avuga ko ahitwa Murumagaza harimo ku bakwa ibitunda by’abarwanyi ba Gumino, kandi ko ari byinshi, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Agace ka Rumagaza kari kubakwamo aya makambi, gaherereye muri grupema ya Bijombo, kakaba kari mu majyepfo ashyira uburenganzuba bwa Bijombo.

Kuva mu ntangiriro z’uku kwezi turimo uyu mwaka, ni bwo byatangiye kuvugwa ko Murumagaza harimo kubakwa amakambi ya gisirikare.

Bamwe mu baturiye ibyo bice bavuga ko ayo makambi yubakwa mu buryo bw’ibitunda, kuko bubaka utuzu duto tw’imitwe ibiri.

N’utuzu twu bakishwa imigano, kandi tugasakazwa ibyatsi by’imijinja, ndetse n’amahuruguru ava ku migano.

Aya makuru anavuga ko abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino kwari bo barimo kubakisha utwo tuzu, kandi ko bihagarariwe n’uwitwa Koboyi.

Ku ruhande rumwe byemezwa ko ibyo bitunda, Gumino yaba iri kubyubaka kugira ngo bizahitiremo Interahamwe(FDLR). Ku rundi ruhande bikavugwa ko Gumino iri kubyubaka ku bwumvikane bwayo n’imbonerakure z’u Burundi.

Ibyo bibaye mu gihe FDLR yarimaze iminsi ivugwa mu Rurambo yarerekeje mu mashyamba ya Mwenga iyo n’ubundi yari yaraturutse.

Mu gihe abagore babo n’abana babo bo berekeje i Burundi, bikavugwa ko bajanwe kuba mu ishyamba rya Kibira.

Hagati aho, imikino Gumino n’interahamwe barimo iteye urujijo, ni ho bamwe bahera ko bavuga ko bari gutegura gutera igihugu cy’u Rwanda, nk’uko umuyobozi mukuru wa Gumino, Col Richard Tawimbi yagiye abyigamba ku mbugankoranyambaga mu minsi ishize.

Tags: BijomboFDLRGuminoIkambi
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku basirikare ba FARDC barasanye mu Minembwe.

Ibyo wa menya ku basirikare ba FARDC barasanye mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?