• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe umucyo ku makambi ya gisirikare arimo ku bakwa ku Ndondo.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2024
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo ku makambi ya gisirikare arimo ku bakwa ku Ndondo.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku makambi ya gisirikare arimo ku bakwa ku Ndondo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Amakuru ava ku Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Epfo, avuga ko ahitwa Murumagaza harimo ku bakwa ibitunda by’abarwanyi ba Gumino, kandi ko ari byinshi, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Agace ka Rumagaza kari kubakwamo aya makambi, gaherereye muri grupema ya Bijombo, kakaba kari mu majyepfo ashyira uburenganzuba bwa Bijombo.

Kuva mu ntangiriro z’uku kwezi turimo uyu mwaka, ni bwo byatangiye kuvugwa ko Murumagaza harimo kubakwa amakambi ya gisirikare.

Bamwe mu baturiye ibyo bice bavuga ko ayo makambi yubakwa mu buryo bw’ibitunda, kuko bubaka utuzu duto tw’imitwe ibiri.

N’utuzu twu bakishwa imigano, kandi tugasakazwa ibyatsi by’imijinja, ndetse n’amahuruguru ava ku migano.

Aya makuru anavuga ko abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino kwari bo barimo kubakisha utwo tuzu, kandi ko bihagarariwe n’uwitwa Koboyi.

Ku ruhande rumwe byemezwa ko ibyo bitunda, Gumino yaba iri kubyubaka kugira ngo bizahitiremo Interahamwe(FDLR). Ku rundi ruhande bikavugwa ko Gumino iri kubyubaka ku bwumvikane bwayo n’imbonerakure z’u Burundi.

Ibyo bibaye mu gihe FDLR yarimaze iminsi ivugwa mu Rurambo yarerekeje mu mashyamba ya Mwenga iyo n’ubundi yari yaraturutse.

Mu gihe abagore babo n’abana babo bo berekeje i Burundi, bikavugwa ko bajanwe kuba mu ishyamba rya Kibira.

Hagati aho, imikino Gumino n’interahamwe barimo iteye urujijo, ni ho bamwe bahera ko bavuga ko bari gutegura gutera igihugu cy’u Rwanda, nk’uko umuyobozi mukuru wa Gumino, Col Richard Tawimbi yagiye abyigamba ku mbugankoranyambaga mu minsi ishize.

Tags: BijomboFDLRGuminoIkambi
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku basirikare ba FARDC barasanye mu Minembwe.

Ibyo wa menya ku basirikare ba FARDC barasanye mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?