Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe umucyo ku masasu yaraye araswa i Kavumu muri Kivu y’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 21, 2025
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo ku masasu yaraye araswa i Kavumu muri Kivu y’Epfo.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku masasu yaraye araswa i Kavumu muri Kivu y’Epfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziherereye i Kavumu muri teritware ya Kabare muri Kivu y’Amajy’epfo, zaraye zikanze zirasagura amasasu menshi, maze ahitana abantu babiri abandi nabo babiri barakomereka bikabije.

Ku wa mbere tariki ya 20/01/2025, ahagana isaha z’umugoroba wajoro ni bwo FARDC yikanganye irasagura ibibombe n’amasasu ndetse naza grenade.

Ni amasasu yumvikanye ijoro ryose ryaraye rikeye. Amakuru aturuka muri ibyo bice by’i Kavumu ahari i kibuga cy’indege mu birometero nka 25 uvuye mu mujyi wa Bukavu, avuga ko ingabo zari zoherejwe ku burinzi kwarizo zikanze zihita zirasa, maze bagenzi babo nabo baherereye hirya no hino bakurikizaho icyo gikorwa cyo kurasagura buzira kumenya ibyo abari ku burinzi bikanze.

Aya makuru yemeza ko urusaku rw’imbunda ziremereye zarimo ziraswa muri ibyo bice za numvikanye no mu bice bya Kalehe, aho umutwe wa M23 wari ukomeje kwirukana ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta uzerekeza muri Kabare.

Gusa, icyo gikorwa kigayitse FARDC yakoze cyasize abantu babiri bahasize ubuzima abandi babiri nabo barakomereka bikabije, nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga. Ndetse kandi binavugwa ko abakomeretse bari kwitabweho n’abaganga bakorera mu bitaro biri aho hafi.

Umuyobozi wungirije w’akarere ka 33 ka gisirikare ushinzwe iperereza n’ibikorwa yemeje iraswa ry’izo mbunda, ariko yirinda kubivugaho byinshi.

Yagize ati: “Ibiturika byinshi byaturikiye i Kavumu muri Kabare. Byumvikanye ijoro ryose ryaraye rikeye.”

Tags: FardcIrasaguraKavumu
Share46Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.

Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?