• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatanzwe umucyo ku mu jenerali ukomeye wa Iran wa buriwe irengero.

minebwenews by minebwenews
October 7, 2024
in World News
0
Hatanzwe umucyo ku mu jenerali ukomeye wa Iran wa buriwe irengero.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku mu jenerali ukomeye wa Iran wa buriwe irengero.

You might also like

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

Brig Gen Esmail Quaani wayoboraga umutwe udasanzwe w’ingabo za Iran, niwe wa buriwe irengero nyuma y’uko yari yasuye umurwa mukuru waLiban, Beirut, ugize igihe ugabwaho ibitero by’ingabo za Israel.

Mu makuru yatanzwe n’ibiro ntara makuru by’Abongereza (Reuters) ayo bavuga bahawe n’abasirikare babiri bakuru b’Ababanya-Iran, avuga ko uyu muyobozi ukomeye wo mu ngabo za Iran amaze iminsi umunani yarabuze.

Bikavugwa ko Brig Gen Esmail Quaani yasuye uyu mujyi wa Beirut nyuma y’uko igisirikare cya Israel cyari cya wu gabyeho ibitero byasize bihitanye abayobozi bakuru bo mu mutwe wa Hezbollah barimo Nasrallah Hassan n’abandi.

Agace k’i Beirut uyu muyobozi yaburiyemo, ni akitwa Dahiyeh ko mu majyepfo y’uyu mujyi mukuru wa Liban. Ariko kandi ubwo uyu muyobozi yaburirwaga irengero, icyo gihe naho ingabo za Israel zarimo zirasa ibisasu muri ibyo bice bigamije guhitana Hashem Safieddine wari umaze igihe gito afashe inshingano zo kuyobora Hezbollah. Usibye ko nawe atakivugwa aho binakekwa ko yaba yarapfuye nubwo Hezbollah itaragira icyo ibivugaho.

Gen Esmail Quaani yari umuyobozi w’umutwe udasanzwe w’ingabo za Iran kuva mu 2020, asimbuye Gen Qassem Soleimani uwo ingabo za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ziciye muri Iraq mu 2020.

Amakuru avuga ko uyu musirikare ukomeye mu ngabo za Iran, hari impungenge ko nawe yaba yaraguye mu bitero igisirikare cya Israel gikomeje kugaba muri ibyo bice byo muri Liban.

               MCN.
Tags: BeirutEsmail QuaaniIsrael
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y'i gitero yagabye i Doha Umuryango w'u bumwe bw'u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu...

Read moreDetails

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba w’ingabo za Uganda yahawe gasopo na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Umugaba w'ingabo za Uganda yahawe gasopo na Leta Zunze Ubumwe z'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?