Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatanzwe umucyo ku mu jenerali ukomeye wa Iran wa buriwe irengero.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 7, 2024
in World News
0
Hatanzwe umucyo ku mu jenerali ukomeye wa Iran wa buriwe irengero.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku mu jenerali ukomeye wa Iran wa buriwe irengero.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Brig Gen Esmail Quaani wayoboraga umutwe udasanzwe w’ingabo za Iran, niwe wa buriwe irengero nyuma y’uko yari yasuye umurwa mukuru waLiban, Beirut, ugize igihe ugabwaho ibitero by’ingabo za Israel.

Mu makuru yatanzwe n’ibiro ntara makuru by’Abongereza (Reuters) ayo bavuga bahawe n’abasirikare babiri bakuru b’Ababanya-Iran, avuga ko uyu muyobozi ukomeye wo mu ngabo za Iran amaze iminsi umunani yarabuze.

Bikavugwa ko Brig Gen Esmail Quaani yasuye uyu mujyi wa Beirut nyuma y’uko igisirikare cya Israel cyari cya wu gabyeho ibitero byasize bihitanye abayobozi bakuru bo mu mutwe wa Hezbollah barimo Nasrallah Hassan n’abandi.

Agace k’i Beirut uyu muyobozi yaburiyemo, ni akitwa Dahiyeh ko mu majyepfo y’uyu mujyi mukuru wa Liban. Ariko kandi ubwo uyu muyobozi yaburirwaga irengero, icyo gihe naho ingabo za Israel zarimo zirasa ibisasu muri ibyo bice bigamije guhitana Hashem Safieddine wari umaze igihe gito afashe inshingano zo kuyobora Hezbollah. Usibye ko nawe atakivugwa aho binakekwa ko yaba yarapfuye nubwo Hezbollah itaragira icyo ibivugaho.

Gen Esmail Quaani yari umuyobozi w’umutwe udasanzwe w’ingabo za Iran kuva mu 2020, asimbuye Gen Qassem Soleimani uwo ingabo za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ziciye muri Iraq mu 2020.

Amakuru avuga ko uyu musirikare ukomeye mu ngabo za Iran, hari impungenge ko nawe yaba yaraguye mu bitero igisirikare cya Israel gikomeje kugaba muri ibyo bice byo muri Liban.

               MCN.
Tags: BeirutEsmail QuaaniIsrael
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba w’ingabo za Uganda yahawe gasopo na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Umugaba w'ingabo za Uganda yahawe gasopo na Leta Zunze Ubumwe z'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?