Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatanzwe umucyo ku mu jenerali ukomeye wa Iran wa buriwe irengero.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 7, 2024
in World News
0
Hatanzwe umucyo ku mu jenerali ukomeye wa Iran wa buriwe irengero.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku mu jenerali ukomeye wa Iran wa buriwe irengero.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Brig Gen Esmail Quaani wayoboraga umutwe udasanzwe w’ingabo za Iran, niwe wa buriwe irengero nyuma y’uko yari yasuye umurwa mukuru waLiban, Beirut, ugize igihe ugabwaho ibitero by’ingabo za Israel.

Mu makuru yatanzwe n’ibiro ntara makuru by’Abongereza (Reuters) ayo bavuga bahawe n’abasirikare babiri bakuru b’Ababanya-Iran, avuga ko uyu muyobozi ukomeye wo mu ngabo za Iran amaze iminsi umunani yarabuze.

Bikavugwa ko Brig Gen Esmail Quaani yasuye uyu mujyi wa Beirut nyuma y’uko igisirikare cya Israel cyari cya wu gabyeho ibitero byasize bihitanye abayobozi bakuru bo mu mutwe wa Hezbollah barimo Nasrallah Hassan n’abandi.

Agace k’i Beirut uyu muyobozi yaburiyemo, ni akitwa Dahiyeh ko mu majyepfo y’uyu mujyi mukuru wa Liban. Ariko kandi ubwo uyu muyobozi yaburirwaga irengero, icyo gihe naho ingabo za Israel zarimo zirasa ibisasu muri ibyo bice bigamije guhitana Hashem Safieddine wari umaze igihe gito afashe inshingano zo kuyobora Hezbollah. Usibye ko nawe atakivugwa aho binakekwa ko yaba yarapfuye nubwo Hezbollah itaragira icyo ibivugaho.

Gen Esmail Quaani yari umuyobozi w’umutwe udasanzwe w’ingabo za Iran kuva mu 2020, asimbuye Gen Qassem Soleimani uwo ingabo za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ziciye muri Iraq mu 2020.

Amakuru avuga ko uyu musirikare ukomeye mu ngabo za Iran, hari impungenge ko nawe yaba yaraguye mu bitero igisirikare cya Israel gikomeje kugaba muri ibyo bice byo muri Liban.

               MCN.
Tags: BeirutEsmail QuaaniIsrael
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba w’ingabo za Uganda yahawe gasopo na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Umugaba w'ingabo za Uganda yahawe gasopo na Leta Zunze Ubumwe z'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?