Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havumbuwe ikiyobya bwenge mu magufa y’Abantu ba pfuye, ciswe “Kush,” mu Gihugu ca, Sirra Leonnee.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 8, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Habonetse abantu bo muri Sierra Leonee, biroshye mu gucukura imva z’abapfuye nyuma y’uko bavumbuye ko mu magufa y’Abantu harimo ikiyobya bwenge ciswe “Kush.”

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’ibyagaragaye mugihe uruby’iruko rw’iganjyemo abahungu benshi, barimo kw’iyandikisha mu bacukura imva z’abapfuye.

Amakuru akomeje gutangazwa n’ibinyamakuru byo mu Gihugu ca Sierra Leonee, avuga ko imva zirenga 1000 ko zimaze gucukurwa, izimaze gucukurwa akaba ari z’iherereye mu murwa mukuru wa Freetown.

Ibi byatumye leta y’ico gihugu ikora uburinzi bukaze bw’imva z’iherereye mu murwa Mukuru w’igihugu wa Freetime.

Bikaba bya sobanuwe ko amagufa abamo ikinyabutabire kizwi nka ‘Sulfur,’ cy’ifashishwa mu gukora ibiyobyabwenge byinshi bimwobwa mwabo w’itabi.

Kiriya kinyabutabire kiboneka nyuma y’uko babanjye gusya amagufa aho byavuzwe ko babihuza n’ibindi binyabutabire, biakaza kuvamo ikiyobya bwenge gikarishye.

Umucyo wo gucukura imva z’abapfuye byatangajwe ko byatangijwe nab’Anyaghana, mu Gihugu ca Ghana. Amakuru avuga ko abanyaghana batangiye gucukura mu mpera z’u kwezi kwa Cumi numwe 11, aho bacukuraga imva z’iherereye mugace kitwa Tokarudi, mu Burengerazuba bw’igihugu ca Ghana.

Kuri ubu leta z’ibihugu byombi zafashe ingamba zikaze zokurwanya abo banyarugomo.

Inkuru dukesha ikinyamakuru cyitwa “Panish.”

Bruce Bahanda.

Tags: Ikiyobya bwenge kiva mu magufa y'Abantu ba pfuyeKushSirra Leonnee
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Drone yo mu bwoko bwa Ch-4, y'Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yahindutse umuyonga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?