• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe abandi basirikare ba Afrika y’Epfo, baguye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
March 2, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe abandi basirikare ba Afrika y’Epfo, baguye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Babiri mu basirikare ba Afrika y’Epfo nibo bya menyekanye ko bapfuye nyuma yuko habaye kurasana hagati yabo bonyine.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni abasirikare ba Afrika y’Epfo bari mu butumwa bw’ingabo z’umuryango w’Abibumbye, Monusco, bakaba bararasaniye mu bice byo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu makuru amaze kumenyekana n’uko abo basirikare bapfuye tariki 29/02/2024. Bikaba bya na hamijwe n’urubuga rwa SANDF, aho banyujije ubutumwa kuri X yahoze yitwa Twitter, bavuga ko umwe mu basirikare bayo ko yarashe mugenzi we, biza kurangira nawe yirashe bombi bahasiga ubuzima.

Kimweho ntihasobanuwe impamvu yateye ubwumvikane buke hagati yabo basirikare ba Monusco. Gusa uru rubuga rwa SANDF bavuze ko nyuma yurwo rupfu rwabo basirikare ubuyobozi bwahise butangiza iperereza.

Igihugu cya Afrika y’Epfo gisanzwe kinafite abandi basirikare muri RDC bari mu butumwa bwa SADC, aho bafite intego ikomeye yo kurwanya M23 irwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Hari haheruka kuvugwa abandi basirikare ba Afrika y’Epfo babiri baguye mu nkengero z’u Mujyi wa Goma. Aba bo bapfuye mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kabiri.

               MCN.
Tags: Afrika y'EpfoBaguye mu Burasirazuba bwa RDCSANDF
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bwa FARDC, burashinja M23 gukora ibikorwa bigamije kubuza uruzinduko rw’abagaba bakuru b’Ingabo, muri Sake.

Ubuyobozi bwa FARDC, burashinja M23 gukora ibikorwa bigamije kubuza uruzinduko rw'abagaba bakuru b'Ingabo, muri Sake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?