Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Havuzwe amakuru arambuye ku basirikare benshi bapfiriye mu ishyamba rya Kibira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 23, 2024
in Uncategorized
0
Havuzwe amakuru arambuye ku basirikare benshi bapfiriye mu ishyamba rya Kibira.
141
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru arambuye ku basirikare benshi bapfiriye mu ishyamba rya Kibira.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi avuga ko Abarundi bari mu kiriyo, nyuma yaho imirambo y’abasirikare 80 b’iki gihugu yatoraguwe mu ishyamba rya Kibira, nk’uko biri kunyuzwa ku mbugankoranyambaga zitandukanye zo muri iki gihugu.

Ni amakuru Leta y’u Burundi itaremeza cyangwa ngwiyahakane, kimwe cyo, aya makuru yemeza ko imirambo y’aba basikare uko ari 80 iri mu buruhukiro bw’ibitaro bya gisirikare biherereye muri Bujumbura. Abishwe bari abo mu ngabo z’u Burundi hamwe n’inyeshamba za FDLR zirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, abo mu mbonerakure ndetse n’abo mu y’indi mitwe y’itwaje imbunda isanzwe ifitanye ubufatanye na leta y’iki gihugu.

Nk’uko bivugwa n’uko aba bose bari mu ishyamba rya Kibira mu mugambi Leta y’u Burundi ihurizaho na FDLR n’indi mitwe wo gutera igihugu cy’u Rwanda. Ku rundi ruhande, bikavugwa ko aba basirikare bishwe ko byaba byaraturutse ku gusubiranamo kwabo.

Ibyo bikaba bibaye mu gihe hari andi makuru yemeza ko u Burundi bumaze iminsi butoza abarwanyi ibihumbi 50 biganjemo umutwe wa FDLR, FLN mu rwego rwo kwitegura kuzashoza intambara ku Rwanda.

Ariko kandi, si ubwa mbere muri iri shyamba rya Kibira ribonekamo imirambo y’abasirikare baba bishwe mu buryo bwa mayobera, kuko no mu kwezi kwa Gatanu uyu mwaka nabwo hari hatoraguwe imirambo irenga 30 irimo n’abari bambaye imyambaro y’igisikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’icy’u Burundi.

          MCN.
Tags: FDLR na FLNImirambo 80Ingabo z'u BurundiIshyamba rya Kibira
Share56Tweet35Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Dr Lazare uri mu Banyamulenge bakomeye yafunguwe, gira ibyo umenya ku ifungurwa rye.

Dr Lazare uri mu Banyamulenge bakomeye yafunguwe, gira ibyo umenya ku ifungurwa rye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?