Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe amakuru arambuye ku nkongi y’umuriro yadutse i Bukavu, yica abantu benshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 13, 2024
in World News
0
Havuzwe amakuru arambuye ku nkongi y’umuriro yadutse i Bukavu, yica abantu benshi.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru arambuye ku nkongi y’umuriro yadutse i Bukavu, yica abantu benshi.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ni muri iri joro ryakeye, rishyira kuri uyu wa gatanu tariki ya 13/09/2024, Inkongi y’umuriro yadutse i Bukavu ku murwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Epfo, yica abantu batandatu bo mu muryango umwe, itwika n’inyubako zitandukanye zo muri uyu Mujyi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Kugeza ubu nta kiramenyekana cy’aba cyateye iyi nkongi y’umuriro kwaduka muri aka gace kugeza aho itwika n’inyubako ikica n’abantu.

Sosiyete sivile yo muri komine i Banda ho mu mujyi wa Bukavu, ari naho habereye iki kibazo, yatangaje ko iyi nkongi y’umuriro yishe abana bane n’ababyeyi babo babiri(umugabo n’umugore).

Aba bana bishwe n’inkongi y’umuriro, umukuru muri bo yari afite imyaka icumi n’ibiri y’amavuko, mu gihe umuhererezi yari umwana w’imyaka itatu. Abandi bose bari munsi y’imyaka 10 kugeza kuri 5.

Aya makuru anavuga ko umubyeyi wabo umwe yari asanzwe ari umupolisi wa Leta ya Kinshasa, ndetse bikavugwa ko yakoreraga akazi kuri sitasiyo ya Polisi iherereye i Panzi. Ubwo uyu muriro wadukaga yarikumwe n’umugore we ndetse n’abana.

Sosiyete sivile yatangaje kandi ko, uyu muriro utishe abantu gusa, hubwo ko watwitse n’inyubako z’ishuri ryo muri aka gace ka i Banda, utwika n’itorero ryaraho hafi n’ubwo hatatangajwe itorero iryariryo.

Tubibutsa kandi ko no ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 12/09/2024, abandi bantu babiri bahasize ubuzima nyuma yuko inkongi y’umuriro yatwitse amazu mu bice byo muri teritware ya Walungu ho muri iyi ntara ya Kivu y’Epfo.

          MCN.
Tags: BukavuInkongi y'umuriroYadutseYica abantu benshi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya perezida Tshisekedi yitabye mu rubanza rwerekeye imfungwa 131 ziciwe muri gereza ya Makala.

Leta ya perezida Tshisekedi yitabye mu rubanza rwerekeye imfungwa 131 ziciwe muri gereza ya Makala.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?