Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe amakuru arambuye y’abarwanyi ba CODECO bishe abasivile muri Ituri.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 17, 2024
in World News
0
Havuzwe amakuru arambuye y’abarwanyi ba CODECO bishe abasivile muri Ituri.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru arambuye y’abarwanyi ba CODECO bishe abasivile muri Ituri.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17/09/2024, abantu 10 bishwe n’inyeshamba zo mu mutwe wa CODECO, aho zabiciye mu Ntara ya Ituri ho muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Aya makuru yemejwe n’umwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze n’uwo mu muryango itegamiye kuri Leta usanzwe akorera muri ako gace.

Umutwe wa CODECO uri mu mitwe yitwaje intwaro ibarirwa mu magana irwanira mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aharangwa ubushyamirane bushingiye ku butaka.

Mu minsi ishyize, umuryango w’Abibumbye washinje uyu mutwe kugaba ibitero ku burozi bo mu bwoko bw’Abahema, bishobora gufatwa nk’ibyaha byo mu ntambara n’ibyibasiye inyoko muntu.

Umuyobozi w’umudugudu icyo gitero cyagabwemo, Jean Marie Mateso, na Jules Tsuba uyobora umuryango utegamiye kuri leta ukorera muri ako gace, batangaje ko mu gihe cya saa sita za nijoro, abantu bitwaje intwaro binjiye muri teritware ya Djugu yiganjemo abo mu bwoko bw’Abahema bakica abantu 10 bakomoka mu miryango ibiri.

Mateso yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ko babishe babaciye imitwe nyuma bagasatura imirambo yabo. Yavuze ko abatuye muri ako gace bahiye ubwoba ko abo barwanyi bashobora kugaruka igihe icyo ari cyo cyose.

Uwo muyobozi yemeza ko ubwo bwicanyi bwabereye hafi cyane. Kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, imirambo y’abishwe yari ikiri aho babiciye.

            MCN.
Tags: CODECOMuri Ituri
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post

Spain counts cost of agribusiness in rising desertification

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?