Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe amakuru atari meza, avuga ko abafana b’ikipe yo mu Rwanda bakoze impanuka ikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 15, 2024
in World News
0
Havuzwe amakuru atari meza, avuga ko abafana b’ikipe yo mu Rwanda bakoze impanuka ikomeye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru atari meza, avuga ko abafana b’ikipe yo mu Rwanda bakoze impanuka ikomeye.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Abafana b’ikipe ya APR FC yo mu gihugu cy’u Rwanda bari berekeje muri Tanzania gushyigikira ikipe yabo mu mikino nyafrika CAF champions league, bakoze impanuka.

Nk’uko iy’i nkuru yatangajwe na Radio 10 ari nayo dukesha iy’inkuru, yatangaje ko “iyi mpanuka yabaye mu masaha yakare yo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 15/08/2024, ngo mu gihe imodoka yari twaye aba bafana ba APR FC yari igeze i Nyagasambu yinjira mu karere ka Rwamagana mu gihugu cy’u Rwanda.”

Iki gitangaza makuru cyo mu Rwanda cyakomeje kivuga ko iyi modoka yakoreye impanuka neza ku muhanda wa Kigali-Rwamagana aho yari no kwinjirira muri Tanzania, yagonganye n’ikamyo mu buryo byasize iyi modoka yaritwaye abafana b’ikipe ya APR FC yo mu bwoko bwa bisi yangiritse bikaze.

Bamwe mubari muri iyi modoka yakoreye impanuka muri ibyo bice, yemeje ko abantu bane kwaribo bakomeretse bikomeye aho ndetse bahise bihutanwa kwa muganga.

Aya makuru anavuga ko bajanwe mu bitero bikuru bya gisirikare biri i Kanombe mu Mujyi wa Kigali.

Aba bafana ba APR FC bari berekeje muri Tanzania gushigikira ikipe yabo ifitanye umukino n’ikipe ya Azam FC mu mikino yamajonjora ya mbere mu irushanwa nyafrika ya CAF champions league ririkubera muri Tanzania.

Uwo mukino ukaba wari utegerejwe gukinwa ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 18/08/2024, aho abakunzi ba APR FC bari bigambye kuja gushigikira kugira ngo bazabone uko bazaja gufana ikipe yabo.

            MCN.
Tags: APR FCAzam FCBerekeje muri TanzaniaImpanuka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Kubera umuhanda mu bi muri Kivu y’Amajy’epfo, leta ya Kinshasa yamaganwe.

Kubera umuhanda mu bi muri Kivu y'Amajy'epfo, leta ya Kinshasa yamaganwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?