• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe amakuru atari meza, avuga ko abafana b’ikipe yo mu Rwanda bakoze impanuka ikomeye.

minebwenews by minebwenews
August 15, 2024
in World News
0
Havuzwe amakuru atari meza, avuga ko abafana b’ikipe yo mu Rwanda bakoze impanuka ikomeye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru atari meza, avuga ko abafana b’ikipe yo mu Rwanda bakoze impanuka ikomeye.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Abafana b’ikipe ya APR FC yo mu gihugu cy’u Rwanda bari berekeje muri Tanzania gushyigikira ikipe yabo mu mikino nyafrika CAF champions league, bakoze impanuka.

Nk’uko iy’i nkuru yatangajwe na Radio 10 ari nayo dukesha iy’inkuru, yatangaje ko “iyi mpanuka yabaye mu masaha yakare yo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 15/08/2024, ngo mu gihe imodoka yari twaye aba bafana ba APR FC yari igeze i Nyagasambu yinjira mu karere ka Rwamagana mu gihugu cy’u Rwanda.”

Iki gitangaza makuru cyo mu Rwanda cyakomeje kivuga ko iyi modoka yakoreye impanuka neza ku muhanda wa Kigali-Rwamagana aho yari no kwinjirira muri Tanzania, yagonganye n’ikamyo mu buryo byasize iyi modoka yaritwaye abafana b’ikipe ya APR FC yo mu bwoko bwa bisi yangiritse bikaze.

Bamwe mubari muri iyi modoka yakoreye impanuka muri ibyo bice, yemeje ko abantu bane kwaribo bakomeretse bikomeye aho ndetse bahise bihutanwa kwa muganga.

Aya makuru anavuga ko bajanwe mu bitero bikuru bya gisirikare biri i Kanombe mu Mujyi wa Kigali.

Aba bafana ba APR FC bari berekeje muri Tanzania gushigikira ikipe yabo ifitanye umukino n’ikipe ya Azam FC mu mikino yamajonjora ya mbere mu irushanwa nyafrika ya CAF champions league ririkubera muri Tanzania.

Uwo mukino ukaba wari utegerejwe gukinwa ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 18/08/2024, aho abakunzi ba APR FC bari bigambye kuja gushigikira kugira ngo bazabone uko bazaja gufana ikipe yabo.

            MCN.
Tags: APR FCAzam FCBerekeje muri TanzaniaImpanuka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Kubera umuhanda mu bi muri Kivu y’Amajy’epfo, leta ya Kinshasa yamaganwe.

Kubera umuhanda mu bi muri Kivu y'Amajy'epfo, leta ya Kinshasa yamaganwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?