Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe amakuru y’abantu bishwe barashwe n’uwari witwaje imbunda muri Leta ya Georgia.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 5, 2024
in World News
0
Havuzwe amakuru y’abantu bishwe barashwe n’uwari witwaje imbunda muri Leta ya Georgia.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru y’abantu bishwe barashwe n’uwari witwaje imbunda muri Leta ya Georgia.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Amakuru avuga ko ari abantu bane bahitanywe n’amasasu, nyuma y’uko umuntu waje yitwaje intwaro ku ishuri rikuru rya Apalachee muri Leta ya Georgia mu majyepfo ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Ibitangaza makuru byo muri icyo gihugu bivuga ko usibye abo bane bishwe, abantu benshi bakomerekeye mu irasa ryabereye mu ishuri ryisumbuye rya Apalachee riri mu mujyi wa Winder.

Abashinzwe umutekano basobanuye ibyabaye bavuga ko hari benshi bakomeretse ubwo barimo bahunga.

Umuntu ukekwaho icyaha arafunze, nk’uko ibiro bya sherifu wa Komine ya Borrow yabivuze mu itangazo.

Mu kiganiro gito yagiranye n’abanyamakuru, Sheriff Jud Smith yagize ati: “Ibyo tubona inyuma yacu uyu munsi, ni igikorwa cya sekibi.”

Smith ntabwo yemeje ko abantu bishwe, gusa yavuze ko hari inkomere nyinshi muri uko kurasa.

Umuvugizi w’amashuri muri Komine ya Borrow, yavuze ko ibintu bisa n’ibyasubiye mu buryo, kandi ko abanyeshuri boherejwe iwabo hagati mu munsi.

Amashusho yashizwe hanze na tv yafatiwe mu kirere yerekanaga imodoka zitwara abarwayi, hanze y’icyo kigo cy’ishuri ry’isumbuye.

Televisiyo ya CNN yavuze ko yiboneye umurwayi ashyirwa muri Kajugujugu yari yururukiye kuri iri shuri.

Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu itangazo yavuze ko Perezida Joe Biden, yavuganye n’abanyamakuru ibyirasa , kandi ko ubuyobozi bwe buzakomeza gukorana n’abayobozi bo ku rwego rw’igihugu, urwa Leta n’abayobozi bo ku nzego z’ibanze, uko bazagenda barushaho kumenya andi makuru.

             MCN.
Tags: BaneGeorgiaUwitwaje intwaroYarashe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
U Bushinwa bwemereye akayabo k’amafaranga ibihugu byo muri Afrika.

U Bushinwa bwemereye akayabo k'amafaranga ibihugu byo muri Afrika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?