Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe amakuru y’abantu bishwe barashwe n’uwari witwaje imbunda muri Leta ya Georgia.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 5, 2024
in World News
0
Havuzwe amakuru y’abantu bishwe barashwe n’uwari witwaje imbunda muri Leta ya Georgia.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru y’abantu bishwe barashwe n’uwari witwaje imbunda muri Leta ya Georgia.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Amakuru avuga ko ari abantu bane bahitanywe n’amasasu, nyuma y’uko umuntu waje yitwaje intwaro ku ishuri rikuru rya Apalachee muri Leta ya Georgia mu majyepfo ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Ibitangaza makuru byo muri icyo gihugu bivuga ko usibye abo bane bishwe, abantu benshi bakomerekeye mu irasa ryabereye mu ishuri ryisumbuye rya Apalachee riri mu mujyi wa Winder.

Abashinzwe umutekano basobanuye ibyabaye bavuga ko hari benshi bakomeretse ubwo barimo bahunga.

Umuntu ukekwaho icyaha arafunze, nk’uko ibiro bya sherifu wa Komine ya Borrow yabivuze mu itangazo.

Mu kiganiro gito yagiranye n’abanyamakuru, Sheriff Jud Smith yagize ati: “Ibyo tubona inyuma yacu uyu munsi, ni igikorwa cya sekibi.”

Smith ntabwo yemeje ko abantu bishwe, gusa yavuze ko hari inkomere nyinshi muri uko kurasa.

Umuvugizi w’amashuri muri Komine ya Borrow, yavuze ko ibintu bisa n’ibyasubiye mu buryo, kandi ko abanyeshuri boherejwe iwabo hagati mu munsi.

Amashusho yashizwe hanze na tv yafatiwe mu kirere yerekanaga imodoka zitwara abarwayi, hanze y’icyo kigo cy’ishuri ry’isumbuye.

Televisiyo ya CNN yavuze ko yiboneye umurwayi ashyirwa muri Kajugujugu yari yururukiye kuri iri shuri.

Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu itangazo yavuze ko Perezida Joe Biden, yavuganye n’abanyamakuru ibyirasa , kandi ko ubuyobozi bwe buzakomeza gukorana n’abayobozi bo ku rwego rw’igihugu, urwa Leta n’abayobozi bo ku nzego z’ibanze, uko bazagenda barushaho kumenya andi makuru.

             MCN.
Tags: BaneGeorgiaUwitwaje intwaroYarashe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
U Bushinwa bwemereye akayabo k’amafaranga ibihugu byo muri Afrika.

U Bushinwa bwemereye akayabo k'amafaranga ibihugu byo muri Afrika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?