Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe andi makuru agaragaza uko byifashye i Kanyabayonga, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 11, 2024
in World News
0
Havuzwe andi makuru agaragaza uko byifashye i Kanyabayonga, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku mugoroba wo ku wa Mbere, ejo hashize, i Kanyabayonga habaye urugamba rukomeye rwahuzaga ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa na M23 igamije gushiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshilombo.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni imirwano yaberaga mu duce turi mu birometero nka cumi uvuye muri centre ya Kanyabayonga ho muri teritwari ya Rutshuru ndetse ikaba ifite n’agace ku butaka gakora muri teritwari ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

Amasoko dukesha iy’inkuru avuga ko uru rugamba ko rwatangije n’ihuriro ry’ingabo za leta ya Perezida Felix Tshilombo, ndetse ko iri huriro ryagabye ibitero mu birindiro bya M23 biri ahitwa Butalongola na Kilambo.

Nk’uko ay’amakuru avuga n’uko ibi bitero Ingabo za leta za bikoze mu rwego rwo kugira ngo zihashye M23, ni mu gihe uyu mutwe ugoteye iri huriro ry’ingabo za RDC muri Kanyabayonga. Bityo zikaba zari zishaka kwirukana M23 mu nkengero ziyi centre.

Amakuru yibanze avuga ko M23 ifite inkengero za Kanyabayonga usibye umuhanda umwe uhuza Kaïna na Butembo niwo ugenzurwa n’Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Tshisekedi.

Ku rundi ruhande amakuru ava i Kanyabayonga yatanzwe n’abasirikare ba FARDC avuga ko muri iyi mirwano yabereye mu nkengero za Centre ya Kanyabayonga ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere ko muri uyu mujyi muto ariko ufatwa nk’ingenzi hatewe ibisasu biremereye kandi ko byarashwe na M23.

Ay’amakuru akomeza avuga ko ibyo bisasu byagize icyo byangiriza harimo ko hari n’abantu bya komerekeje.

Kandi banasobanura ko ibyo bisasu ko byaguye neza muri Quartier ya Buhundu yo muri Kanyabayonga.

Gusa ntacyo ubuyobozi bwa M23 buragira icyo buvuga kuri ibyo birego bashinjwa n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kirwanira muri Kanyabayonga.

Tubibutsa ko iyi mirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ikomeje kubera i Kanyabayonga imaze igihe kirenga iminsi icumi nibiri. Kugeza ubu M23 iracyagenzura inkengero z’iyi centre usibye uwo muhanda umwe twavuze haruguru, mu gihe abarwana ku ruhande rwa leta nabo bakiri muri centre ya Kanyabayonga.

            MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwanoKanyabayongaM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa m23 washinze ubuyobozi bw’abawushyigikiye mu bihugu biri hanze ya RDC.

Umutwe wa m23 washinze ubuyobozi bw'abawushyigikiye mu bihugu biri hanze ya RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?