• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe andi makuru agaragaza uko byifashye i Kanyabayonga, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
June 11, 2024
in World News
0
Havuzwe andi makuru agaragaza uko byifashye i Kanyabayonga, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku mugoroba wo ku wa Mbere, ejo hashize, i Kanyabayonga habaye urugamba rukomeye rwahuzaga ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa na M23 igamije gushiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshilombo.

You might also like

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

Ni imirwano yaberaga mu duce turi mu birometero nka cumi uvuye muri centre ya Kanyabayonga ho muri teritwari ya Rutshuru ndetse ikaba ifite n’agace ku butaka gakora muri teritwari ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

Amasoko dukesha iy’inkuru avuga ko uru rugamba ko rwatangije n’ihuriro ry’ingabo za leta ya Perezida Felix Tshilombo, ndetse ko iri huriro ryagabye ibitero mu birindiro bya M23 biri ahitwa Butalongola na Kilambo.

Nk’uko ay’amakuru avuga n’uko ibi bitero Ingabo za leta za bikoze mu rwego rwo kugira ngo zihashye M23, ni mu gihe uyu mutwe ugoteye iri huriro ry’ingabo za RDC muri Kanyabayonga. Bityo zikaba zari zishaka kwirukana M23 mu nkengero ziyi centre.

Amakuru yibanze avuga ko M23 ifite inkengero za Kanyabayonga usibye umuhanda umwe uhuza Kaïna na Butembo niwo ugenzurwa n’Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Tshisekedi.

Ku rundi ruhande amakuru ava i Kanyabayonga yatanzwe n’abasirikare ba FARDC avuga ko muri iyi mirwano yabereye mu nkengero za Centre ya Kanyabayonga ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere ko muri uyu mujyi muto ariko ufatwa nk’ingenzi hatewe ibisasu biremereye kandi ko byarashwe na M23.

Ay’amakuru akomeza avuga ko ibyo bisasu byagize icyo byangiriza harimo ko hari n’abantu bya komerekeje.

Kandi banasobanura ko ibyo bisasu ko byaguye neza muri Quartier ya Buhundu yo muri Kanyabayonga.

Gusa ntacyo ubuyobozi bwa M23 buragira icyo buvuga kuri ibyo birego bashinjwa n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kirwanira muri Kanyabayonga.

Tubibutsa ko iyi mirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ikomeje kubera i Kanyabayonga imaze igihe kirenga iminsi icumi nibiri. Kugeza ubu M23 iracyagenzura inkengero z’iyi centre usibye uwo muhanda umwe twavuze haruguru, mu gihe abarwana ku ruhande rwa leta nabo bakiri muri centre ya Kanyabayonga.

            MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwanoKanyabayongaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani

by Bahanda Bruce
November 4, 2025
0
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin...

Read moreDetails

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y’ibitero bikaze by’u Burusiya

Mu burasirazuba bwa Ukraine mu icyuraburindi nyuma y'ibitero bikaze by'u Burusiya Intara ya Donetsk, iherereye mu burasirazuba bwa Ukraine, iri mu mwijima, nyuma y'aho u Burusiya buyigabyemo ibitero...

Read moreDetails

I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
1
I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

I Burundi mu byishimo nyuma y'uko babonye igitoro (lisansi) Igihugu cy'u Burundi cyari kimaze hafi imyaka irenga itanu cyarabuze ibikomoka kuri peteroli, ahanini lisansi, ariko cyongeye kuyibona. Ni...

Read moreDetails

Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Tanzania: Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye

Birangiye Samia atsinze amatora, inkuru irambuye Komisiyo y'amatora mu gihugu cya Tanzania, yatangaje ko "Samia Suluhu Hassan ariwe watsinze amatora y'umukuru w'igihugu, aho yayatsinze ku majwi 97, 66%....

Read moreDetails

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe Imyigaragambyo ikomeje mu gihugu cya Tanzania, aho urubyiruko rudashaka ko perezida w'iki gihugu, Samia Suluhu Hassan yiyamamaza;...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa m23 washinze ubuyobozi bw’abawushyigikiye mu bihugu biri hanze ya RDC.

Umutwe wa m23 washinze ubuyobozi bw'abawushyigikiye mu bihugu biri hanze ya RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?