Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Havuzwe andi makuru mashya ku muririmbyi Mbonyi Israel.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 26, 2024
in Uncategorized
0
Havuzwe andi makuru mashya ku muririmbyi Mbonyi Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe andi makuru mashya ku muririmbyi Mbonyi Israel.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni amakuru avuga ko uyu muririmbyi Mbonyi Israel uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yashize umukono ku masezerano yo kwamamaza ikinyobwa gikorwa na SKOL.

SKOL ni ikinyobwa bivugwa ko kidasembuye, gisanzwe gikorwa n’uruganda rwa SKOL. Mbonyi ubwe yatangaje ko kwa mamaza iki kinyobwa cya SKOL bitazabangamira umuhamagaro we.

Igihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 26/07/2024, nibwo ubuyobozi bw’uruganda rwa SKOL bwahuye na Israel bumwemeza nka “Brand Ambassador ‘ mushya wa Malton.

Eric Gilson usanzwe ari umuyobozi mukuru waruriya ruganda rwa SKOL yashimangiye ko kwemeza uyu muhanzi ari amahitamo meza kuri iki kinyobwa cy’umwimerere cyatangiye gukundwa n’abatari bake.

Yagize ati: “Impamvu yatoranijwe nta yindi nuko ari mwiza mu beza kandi na Molton ikaba ari ikinyobwa cya mbere . Twishimiye gukorana na we.”

Nyuma Israel Mbonyi nawe yaje gusobanura uko igitekerezo cyo kwa mamaza iki kinyobwa yakigize.

Ati: “Nari kumwe na bamwe mu nshuti zanjye turi kuganira, ndagisogongera numva ndagikunze. Aho niho byahereye biza.”

Yanavuze kandi ko kwa mamaza iki kinyobwa bidakwiye gufatwa nk’aho yataye intego ze kuko kuba kidasembuye byonyine nta kabuza ko kuba yacyamamaza.

SKOL nayo yashyize hanze iki kinyobwa gifite intero ya ‘uburyohe bumara inyota,’ itangariza abantu bose ko bashobora kukibona aho ariho hose mu Rwanda yakibona yishyuye 600 Frw.

           MCN.
Tags: Israel MbonyiKwa mamaza ikinyobwa cya SKOLumuririmbyi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Hateguwe igiterane cyo gushigikira abaturage baturiye i misozi y’i Ndondo ya Bijombo.

Hateguwe igiterane cyo gushigikira abaturage baturiye i misozi y'i Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?