• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Havuzwe ibigaragaza ko Wazalendo barimo kwitegurira kongera gutera i Nyangenzi.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Ibitero FARDC yagabye i Nyangenzi byasubijwe inyuma.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibigaragaza ko Wazalendo barimo kwitegurira kongera gutera i Nyangenzi.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Abarwanyi bo muri Wazalendo bafasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa m23 barimo kwitegura kongera kugaba igitero i Nyangenzi nk’uko aya makuru MCN iyakesha abaturiye ibice biherereyemo Wazalendo muri Walungu.

Bikubiye mu butumwa ubwanditsi bwacu bwahawe n’abatuye i Kaziba muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho bugaragaza ko Wazalendo bari i Kaziba babagaragarije ko bagiye kugaba igitero simusiga i Nyangenzi.

Agace ka Nyangenzi kabarizwa muri teritware ya Walungu, ni agace gaherereye mu ntera y’i birometero bibarirwa mu 15 uvuye mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, uwo m23 yabohoje tariki ya 16/02/2025.

Nk’uko aya makuru bayavuga ni uko Wazalendo baraha i Kaziba igisirikare cya RDC kiri i Uvira cyaboherereje ibibunda binini n’ibindi bikoresho byagisirikare bikoreshwa ku rugamba birimo n’amasasu.

Ni mu gihe kandi n’inkomeri za Wazalendo zirenga 100 zarimo zivurirwa muri aka gace k’i Kaziba zahavanwe zijanwa i Uvira. Ibyo bikaba byakozwe mu rwego rwo gutinya ko mu gihe m23 yobarusha amaboko ishobora kuza ikabohoza n’aka gace k’i Kaziba.

Usibye kohereza aba Wazalendo bari i Kaziba ibikoresho bya gisirikare, bakomeje no ku hiyongera ku bwinshi aho bahaza baturutse hirya no hino.

Aya makuru nk’uko twayahawe n’utashatse ko amazina ye aja hanze ku bw’umutekano we yagaragaza ko ku wa mbere ari bwo aba Wazalendo bashobora kongera kugaba igitero i Nyangenzi.

Ati: “Imyiteguro ya Wazalendo yokongera gutera i Nyangenzi yatangiye kuva ku wa gatanu muri iki cyumweru, bari kubitegura i Kaziba. N’ibi bakoze bahavana inkomeri zabo zarimo zihavurirwa bigaragaza ko botera ku wa mbere w’iki cyumweru tugiye gutangira.”

Mu ntangiriro z’iki cyumweru turimo ni bwo kandi igitero cy’aba Wazalendo cyagabwe i Nyangenzi, ariko nubwo ari bo bakigabye, amakuru avuga ko bagikubitiwemo, kandi ko bakiguyemo ku bwinshi. Ubundi kandi banagikomerekeramo kuko aya makuru agaragaza ko abagera ku 100 ni bo bagikomerekeyemo.

Kuva m23 ibohoje iki gice cy’i Nyangenzi mu mpera z’ukwezi kwa kabiri, icyo gitero Wazalendo baheruka kuyigabamo cyari ku nshuro ya kabiri.

Kugeza ubu uyu mutwe niwo ukigenzura Nyangenzi, nubwo abo barwayi bo muri Wazalendo bakomeza kuyigabamo ibyo bitero.

Abatuye i Kaziba kandi barasaba ko m23 yaza ikabohoza iki gice cy’iwabo, ngwikacyirukanamo aba barwanyi bo ku ruhande rwa Leta. Ngo kuko barabasahura bakabakorera n’ubundi bugizi bwa nabi, harimo ko banafata n’abagore ku ngufu.

Ubu butumwa abantu bari i Kaziba batangiye kubugenera m23 mbere yuko ifata iki gice tariki ya 12/03/2025 ikaza kucyikuramo nta mirwano ibaye.

Bagira bati: “Turasaba m23 kuza i Kaziba ikirukana aba bajinga batubujije amahoro. Nibakomeza kuba aha nta mahoro abaturage b’i Kaziba bazagira.”

Tags: IgiteroKazibaM23Nyangenzi
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
UA yashyizeho umuhuza w’u Rwanda na RDC ku makimbirane ibyo bihugu bifitanye.

UA yashyizeho umuhuza w'u Rwanda na RDC ku makimbirane ibyo bihugu bifitanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?