• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe ibindi by’imbitse ku gisasu Israel iheruka ku kurasa mu gihugu cya Iran.

minebwenews by minebwenews
April 22, 2024
in World News
0
Havuzwe ibindi by’imbitse ku gisasu Israel iheruka ku kurasa mu gihugu cya Iran.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibindi byimbitse ku gisasu Igisirikare cya Israel giheruka gutera ku butaka bwa Iran.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni gisasu cyatewe ku wa Gatanu tariki ya 19/04/2024, nk’uko byagiye bitangazwa n’ibitangaza makuru bitandukanye aho hari n’ibyatangaje ko ayo makuru atari yo, kwa hubwo Iran yikanze.

Ay’amakuru avuga kuri icyo gisasu yagiye ahindagurika, aya vuga ko Israel ari yo yagabye icyo gitero yari ashingiye ku kuba Israel yaratangaje ko Iran igomba kuzabona ingaruka zigitero iheruka kugaba kuri Israel.

Ntacyo Israel yigeze itangaza nyuma y’uko Iran yari maze kuyishinja gutera igisasu mu bice bizwi ko ari ibirindiro bikomeye by’Igisirikare cya Iran.

Dufatiye ku makuru yashizwe hanze n’urubuga rwa Theinteldrop.org rwatangaje ko rufite amakuru rwatohoje avuga ko Israel mu kurasa kiriya gisasu yakoresheje indege y’intambara yo mu bwoko bwa F-35 aho iyi ndege bayipakiye ibibunda biremereye n’ibisasu by’u bumara.

Iki gitangaza makuru ki vuga ko iyo ndege mukuja kurasa muri Iran yanyuze mukirere cy’u Burasirazuba bwa Israel, inyuze mu gihugu cya Jordania ibona kwa mbuka ku butaka bwa Iran.

Inkuru ikomeza ivuga ko iyo ndege yateye iki gisasu gifite ubuhanga bwo kuneka mu buryo cyari ki gamije kumenya ahantu hose habikiwe ibisasu bya kirimbuzi byo mu rwego rwo hejuru by’Igisirikare cya Iran.

Iki gitangaza makuru cya navuze ko Igisasu cya Israel cyari gifite ubushobozi bwo gusisinziriza ikorana buhanga ryose ry’igisirikare cya Iran.

Ariko ibi bikaba bitaragezweho nk’uko Israel yabyifuzaga, ngo kuko igisasu cya Israel cyaje kwitangwa na Air Force y’igisikare cy’u Burusiya.

Iki gitangaza makuru cyasoje ay’amakuru kivuga ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ahagana mu mwaka w’ 2023, ko nayo yigeze ku gerageza gusinziriza ibibunda biremereye bya Iran ikoresheje indege zikorana buhanga zari ziherereye mu birometre 7000.

                 MCN.
Tags: IbyimbitseKu gisasu Israel iheruka kugaba kuri Ira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zongeye gutangaza ko nta kindi cya mara intambara muri RDC usibye ibiganiro.

Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, zongeye gutangaza ko nta kindi cya mara intambara muri RDC usibye ibiganiro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?