• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe ibyangirijwe n’imirwano ikomeje kubera muri teritware ya Mwenga.

minebwenews by minebwenews
August 22, 2024
in World News
0
Havuzwe ibyangirijwe n’imirwano ikomeje kubera muri teritware ya Mwenga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibyangirijwe n’imirwano ikomeje kubera muri teritware ya Mwenga.

You might also like

Perezida Lourenço yanze kohereza ingabo muri RDC, ashyigikira ibiganiro hagati y’Abanye-Congo

Indege ya JetBlue Yakwepfye Impanuka Iteye ubwoba mu Kirere Hafi ya Venezuela, hakaba Hanatangijwe Iperereza Mpuzamahanga

Trump yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, aho Yagaragaje ko Gusubirana ubutaka bwayo bitakiri mu mahitamo ya nyayo

Ni imirwano ihanganishije imitwe y’itwaje imbunda ibiri ya Maï Maï, umwe uyobowe na Ruma undi nawo ukaba urebwa na komanda Kitwamaga, intambara ishamiranije izi mpande zombi niyo yatumye abaturage benshi bahunga n’imihana iratwikwa, nk’uko byavuzwe mu butumwa bw’amajwi MCN yahawe.

Agace kari kuberamo iyi mirwano yasubiranishijemo impande z’ibiri za Maï Maï, ni akitwa Muhuzi, gaherereye muri Grupema ya Kihogo ko muri Chefferie ya Lwindi, Secteur ya Itombwe, muri teritware ya Mwenga, intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Amakuru avuga kuri iyi mirwano avuga ko impande zombi zatangiye guhangana mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, ndetse akavuga kandi ko izi mpande zombi ko zapfuye ubuyobozi, ni mu gihe buri ruhande rushaka kuba arirwo ruyobora aka gace ka Muhuzi.

Mu butumwa bwo bw’amajwi bwashizwe hanze buvuga ko iyi mirwano yangirije byinshi harimo ko harabantu bayiburiyemo ubuzima abandi bagakomeraka, udasize ko n’imihana yasenywe kandi ahanini iyi Mihana ikaba yaragiye itwikwa n’izi mpande zihanganye zipfa ubuyobozi.

Mu mashusho yo yagiye hanze, agaragaza abarimo abana bato n’abagore bahungiye ahantu mu bihuru, anagaragaza kandi ko abahunze bakikijwe n’imizigo myinshi ubona ko baremererewe.

Muri ubwo butumwa bw’amajwi kandi bwumvikanamo uwarimo atabaza aho yavugaga m’ururimi rw’igipfulero agira ati: “Intambara yakomeye hano i Muhuzi, imihana yahiye, ndetse n’imirima bayiranduye.”

Yakomeje agira ati: “Abazi gusenga musenge naho ubundi ho byakomeye. Kandi abari kurwana ni abavukana. Hararwana Maï Maï yo kwa Kitwamaga na Ruma.”

Si ubwa mbere abarwanyi ba Maï Maï basubiranyemo, kuko ibi bihora biba muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kandi mu gihe bibaye usanga ari ntakindi bapfa usibye ubuyobozi.

              MCN.
Tags: ImirwanoMaï MaïMuhizi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Lourenço yanze kohereza ingabo muri RDC, ashyigikira ibiganiro hagati y’Abanye-Congo

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Perezida Lourenço yanze kohereza ingabo muri RDC, ashyigikira ibiganiro hagati y’Abanye-Congo

Perezida Lourenço yanze kohereza ingabo muri RDC, ashyigikira ibiganiro hagati y’Abanye-Congo Amakuru yizewe yemeza ko Perezida João Lourenço wa Angola, ubu uyoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU)...

Read moreDetails

Indege ya JetBlue Yakwepfye Impanuka Iteye ubwoba mu Kirere Hafi ya Venezuela, hakaba Hanatangijwe Iperereza Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Indege ya JetBlue Yakwepfye Impanuka Iteye ubwoba mu Kirere Hafi ya Venezuela, hakaba Hanatangijwe Iperereza Mpuzamahanga

Indege ya JetBlue Yakwepfye Impanuka Iteye ubwoba mu Kirere Hafi ya Venezuela, hakaba Hanatangijwe Iperereza Mpuzamahanga Ubuyobozi bukuru bw’igisirikare cy’Amerika gishinzwe ibikorwa mu majyepfo (U.S. Southern Command) bwatangarije...

Read moreDetails

Trump yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, aho Yagaragaje ko Gusubirana ubutaka bwayo bitakiri mu mahitamo ya nyayo

by Bahanda Bruce
December 16, 2025
0
Trump yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, aho Yagaragaje ko Gusubirana ubutaka bwayo bitakiri mu mahitamo ya nyayo

Trump yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, aho Yagaragaje ko Gusubirana ubutaka bwayo bitakiri mu mahitamo ya nyayo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Perezida Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso

by Bahanda Bruce
December 16, 2025
0
Perezida Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso

Perezida Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso Perezida wa Burkina Faso, Kapiteni Ibrahim Traoré, yatangaje ko ateganya kugirana ikiganiro n’umukuru w’igihugu cy’u...

Read moreDetails

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails
Next Post
Twagarutse kudushya n’ubugome ndenga kamere bwakozwe na perezida Idi Amini Dada wayoboye Uganda.

Twagarutse kudushya n'ubugome ndenga kamere bwakozwe na perezida Idi Amini Dada wayoboye Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?