Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe ibyimbitse ku basirikare benshi barwanirira leta ya Kinshasa bafashwe matekwa n’umutwe wa M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 3, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe ibyimbitse ku basirikare benshi barwanirira leta ya Kinshasa bafashwe matekwa n’umutwe wa M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibyimbitse ku basirikare benshi barwanirira leta ya Kinshasa bafashwe matekwa n’umutwe wa M23.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni mu mirwano yabaye tariki ya 02/08/2024, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, n’iyo M23 yafatiyemo matekwa abasirikare bivugwa ko ari benshi bo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ikaba yarimo ibera mu duce duherereye muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Muri iy’i mirwano, ay’amakuru avuga ko yafatiwemo abasirikare benshi ba leta ya Kinshasa, barimo abasirikare bakuru babiri, umwe ufite ipeti rya Colonel n’undi ufite irya Major. Mu gihe abandi bo batigeze batangazwa umubare ariko bikavugwa ko abafashwe batari munsi y’abasirikare 17, kandi ko barimo aba FARDC n’ab’u Burundi.

Nk’uko byavuzwe kuva kuri uyu wa Gatanu w’ejo hashize, urwo rugamba rwafatiwemo abo basirikare ba FARDC n’abambari bayo rwarimo rubera ahitwa Kigunga na Kaseguro ho muri Grupema ya Binza.

Usibye kuvuga ko m23 yafashe abasirikare benshi ba leta ya Kinshasa n’ab’uburundi amatekwa kuri uyu wa Gatanu, uyu mutwe wa nigaririye uduce twinshi two muri Chefferie ya Bwisha, uturimo Katolo, katwiguro Kisharo, Makoka, Shabafu Kasave, Kamukwale n’ahandi, nk’uko iy’inkuru Minembwe Capital News tuyikesha bamwe mu barwanyi ba M23.

Gusa, iyi mirwano ikomeje guca ibintu mu gihe igihugu cy’u Rwanda na Congo Kinshasa bikomeje kugirana ibiganiro bigamije guhoshya umwuka w’intambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kimweho uruhande rwa m23 ruvuga ko ibyo biganiro bitabareba ngo kuko batigeze batumirwa muri ibyo biganiro, ariko kandi bagashimira impande zirimo guhura mu rwego rwo gushakira amahoro n’umutekano iki gihugu cya RDC.

            MCN.
Tags: amatekwaIhuriro ry'Ingabo za RDCM23Ryafashwe amatekwa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Sobanukirwa imibare 666, iyo benshi bafata nk’i kimenyetso cya satani(rusofero).

Sobanukirwa imibare 666, iyo benshi bafata nk'i kimenyetso cya satani(rusofero).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?