• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe ibyimbitse ku basirikare benshi barwanirira leta ya Kinshasa bafashwe matekwa n’umutwe wa M23.

minebwenews by minebwenews
August 3, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe ibyimbitse ku basirikare benshi barwanirira leta ya Kinshasa bafashwe matekwa n’umutwe wa M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibyimbitse ku basirikare benshi barwanirira leta ya Kinshasa bafashwe matekwa n’umutwe wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu mirwano yabaye tariki ya 02/08/2024, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, n’iyo M23 yafatiyemo matekwa abasirikare bivugwa ko ari benshi bo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ikaba yarimo ibera mu duce duherereye muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Muri iy’i mirwano, ay’amakuru avuga ko yafatiwemo abasirikare benshi ba leta ya Kinshasa, barimo abasirikare bakuru babiri, umwe ufite ipeti rya Colonel n’undi ufite irya Major. Mu gihe abandi bo batigeze batangazwa umubare ariko bikavugwa ko abafashwe batari munsi y’abasirikare 17, kandi ko barimo aba FARDC n’ab’u Burundi.

Nk’uko byavuzwe kuva kuri uyu wa Gatanu w’ejo hashize, urwo rugamba rwafatiwemo abo basirikare ba FARDC n’abambari bayo rwarimo rubera ahitwa Kigunga na Kaseguro ho muri Grupema ya Binza.

Usibye kuvuga ko m23 yafashe abasirikare benshi ba leta ya Kinshasa n’ab’uburundi amatekwa kuri uyu wa Gatanu, uyu mutwe wa nigaririye uduce twinshi two muri Chefferie ya Bwisha, uturimo Katolo, katwiguro Kisharo, Makoka, Shabafu Kasave, Kamukwale n’ahandi, nk’uko iy’inkuru Minembwe Capital News tuyikesha bamwe mu barwanyi ba M23.

Gusa, iyi mirwano ikomeje guca ibintu mu gihe igihugu cy’u Rwanda na Congo Kinshasa bikomeje kugirana ibiganiro bigamije guhoshya umwuka w’intambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kimweho uruhande rwa m23 ruvuga ko ibyo biganiro bitabareba ngo kuko batigeze batumirwa muri ibyo biganiro, ariko kandi bagashimira impande zirimo guhura mu rwego rwo gushakira amahoro n’umutekano iki gihugu cya RDC.

            MCN.
Tags: amatekwaIhuriro ry'Ingabo za RDCM23Ryafashwe amatekwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Sobanukirwa imibare 666, iyo benshi bafata nk’i kimenyetso cya satani(rusofero).

Sobanukirwa imibare 666, iyo benshi bafata nk'i kimenyetso cya satani(rusofero).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?