Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe ibyimbitse ku basivile bamaze kwicwa i Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 5, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe ibyimbitse ku basivile bamaze kwicwa i Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibyimbitse ku basivile bamaze kwicwa i Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Byemejwe ko hamaze kwicwa abasivile barenga magana atanu kandi ko bishwe mu gihe cy’amezi abiri gusa, nk’uko byavuzwe na Sosiyete sivile yo muri teritware ya Lubero.

Nk’uko bivugwa n’uko iri suzumwa ryagaragajwe mu nama yabaye ku wa Gatandatu, tariki ya 03/08/2024, aho yabereye i Butembo kandi ikaba yaritabiriwe n’abayobozi gakondo ahanini abakora muri Sosiyete sivile.

Nyuma yo gukora iri suzumwa iyi Sosiyete sivile yahise yamagana ubu bwicanyi bukorerwa abasivile kandi ivuga ko biciwe mu maso ya bashinzwe umutekano.

Bagize bati: “Twamaganye twivuye inyuma ubwicanyi bwakorewe abantu barenga magna atanu batagira kirengera mu gihe cy’amezi abiri, nubwo hari imitwe y’itwaje imbunda biyita Wazalendo, ndetse n’igihombo kinini cy’umutungo w’abaturage b’abanyamahoro.”

Usibye kwa magana ubwo bwicanyi, aba kandi bari bitabiriye ririya suzumwa basabye ko imitwe y’itwaje imbunda yose ikorera mu gace ka Mangurjipa ihava.

Ndetse kandi banasabye Guverinoma ya Kinshasa kongera ingabo muri ibi bice kugira ngo bafashe abaturage kubarindira umutekano no gufasha muburyo bw’amafaranga azafasha gushyingura mu cyubahiro kandi hakazaza n’abashinzwe umutekano.

Ni mu gihe abenshi mu bishwe imibiri yabo yari tarashyingurwa.

Ibindi kandi byavuzwe muri iryo suzuma bemeje ko abayobozi bayoboye za Sosiyete sivile ko bagomba kujya barindirwa umutekano.

              MCN.
Tags: Abantu BishweLubero
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage i Goma bazindutse bamagana ubutegetsi bwa perezida Félix Tshilombo.

Abaturage i Goma bazindutse bamagana ubutegetsi bwa perezida Félix Tshilombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?