Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe ibyimbitse ku basivile bamaze kwicwa i Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 5, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe ibyimbitse ku basivile bamaze kwicwa i Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibyimbitse ku basivile bamaze kwicwa i Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Byemejwe ko hamaze kwicwa abasivile barenga magana atanu kandi ko bishwe mu gihe cy’amezi abiri gusa, nk’uko byavuzwe na Sosiyete sivile yo muri teritware ya Lubero.

Nk’uko bivugwa n’uko iri suzumwa ryagaragajwe mu nama yabaye ku wa Gatandatu, tariki ya 03/08/2024, aho yabereye i Butembo kandi ikaba yaritabiriwe n’abayobozi gakondo ahanini abakora muri Sosiyete sivile.

Nyuma yo gukora iri suzumwa iyi Sosiyete sivile yahise yamagana ubu bwicanyi bukorerwa abasivile kandi ivuga ko biciwe mu maso ya bashinzwe umutekano.

Bagize bati: “Twamaganye twivuye inyuma ubwicanyi bwakorewe abantu barenga magna atanu batagira kirengera mu gihe cy’amezi abiri, nubwo hari imitwe y’itwaje imbunda biyita Wazalendo, ndetse n’igihombo kinini cy’umutungo w’abaturage b’abanyamahoro.”

Usibye kwa magana ubwo bwicanyi, aba kandi bari bitabiriye ririya suzumwa basabye ko imitwe y’itwaje imbunda yose ikorera mu gace ka Mangurjipa ihava.

Ndetse kandi banasabye Guverinoma ya Kinshasa kongera ingabo muri ibi bice kugira ngo bafashe abaturage kubarindira umutekano no gufasha muburyo bw’amafaranga azafasha gushyingura mu cyubahiro kandi hakazaza n’abashinzwe umutekano.

Ni mu gihe abenshi mu bishwe imibiri yabo yari tarashyingurwa.

Ibindi kandi byavuzwe muri iryo suzuma bemeje ko abayobozi bayoboye za Sosiyete sivile ko bagomba kujya barindirwa umutekano.

              MCN.
Tags: Abantu BishweLubero
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage i Goma bazindutse bamagana ubutegetsi bwa perezida Félix Tshilombo.

Abaturage i Goma bazindutse bamagana ubutegetsi bwa perezida Félix Tshilombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?