• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Havuzwe ikindi gitero gishobora gutungurana mu misozi y’i Mulenge

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 19, 2025
in Conflict & Security
0
Havuzwe ikindi gitero gishobora gutungurana mu misozi y’i Mulenge
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ikindi gitero gishobora gutungurana mu misozi y’i Mulenge

You might also like

RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Indege z’intambara zahagurutse ziva ku kibuga cy’indege cya Kisangani zerekeza muri Kivu y’Amajyepfo, aho bivugwa ko zishobora kugaba ibitero mu misozi miremire y’i Mulenge ahanini hafi ya yose ituwe n’Abanyamulenge, ikaba kandi igenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Ni ubutumwa Minembwe Capital News imaze kwakira muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 19/09/2025, ubwo ikura mu nzego z’umutekano za RDC.

Umwe mubakora muri izi nzego z’umutekano z’iki gihugu cya RDC, yatubwiye ati: “Sokoï zibiri muri iki gitondo zahagurutse ziva i Kisangani ku kibuga cy’indege cyaho, zerekeza muri Kivu y’Amajyepfo. Zirahagaba ibitero mu misozi ya Minembwe.”

Yakomeje ati: “Mu rukerera na bwo hahagurutse drone. Kandi na yo yerekeje muri ibyo bice. Hari ahagambiriwe kugabwaho ibitero mu misozi y’i Mulenge. Babe hange.”

Izi ndege zivuzwe mu gihe ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa kane, mu Bibogobogo havuye ingabo z’u Burundi zibarirwa mu magana, zerekeza inzira ya Minembwe.

Amasoko yacu yagaragaje ko zigiye yo kugaba ibitero ku Banyamulenge batuye muri ibyo bice bigenzurwa n’u mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Mu bihe bitandukanye indege z’intambara zagabye ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge, nka Kizaba, i Rundu, Gakangala n’ahandi. Ndetse kandi hari ubwo zabigabye mu Mikenke na Rugezi.

Izi ndege byagiye bivugwa kenshi ko zitegurirwa i Kisangani ubundi kandi zigategurirwa i Bujumbura mu Burundi. Ni mu gihe u Burundu buzwi ko bufatanya na RDC mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Tags: IgiteroKisanganiMinembweSukoi
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), inzego z’umutekano zataye muri yombi...

Read moreDetails

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira Abanyamulenge bari batuye mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero bya FARDC n’abambari bayo bikaze byahitanye ubuzima bw’abasivili muri Kivu Yaruguru

Ibitero bya FARDC n'abambari bayo bikaze byahitanye ubuzima bw'abasivili muri Kivu Yaruguru

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?