Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe imirwano y’umvikanye mo imbunda ziremereye, muri Masisi, hagati aho ihuriro ry’Ingabo za RDC, zirashinjwa kurenga ku masezerano.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 24, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23, urashinja ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, kutubahiriza amasezerano yoguhagarika Intambara, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

M23, ibinyujije mu muvugizi wayo mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yamenyesheje amahanga n’Imiryango y’imbere mu gihugu cya RDC, ko ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zongeye kugaba ibitero muri iki Gitondo cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 24/12/2023, mu bice byo muri teritware ya Masisi.

Mu nyandiko Lawrence Kanyuka, yashize hanze akoresheje urubuga rwa X, yagize ati: “Turamenyesha Isi yose ko ihuriro ry’Ingabo za RDC, zongeye kurenga ku masezerano yo guhagarika intambara (Cease fire). Guhera isaha za saa Kenda z’igitondo cyakare abarimo FDLR, FARDC, Abacanshuro, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, batugabyeho ibitero bongera ku bigaba ahatuwe n’abaturage benshi.”

“Ibitero ba bikoze bakoresheje imbunda ziremereye n’izito ndetse bakoresheje n’Indege zitagira abapilote.”

Yasoje avuga ati: “M23 yo ikomeje kwifata kugira ngo y’ubahirize amasezerano ariko turakomeza gukora ibishoboka kugira ngo turinde abasevile bataja kugwa makaga.”

Ibi bibaye mugihe k’u wa Gatanu, tariki 22/12/2023, ririya huriro ry’Ingabo za RDC, bari bongeye gushinjwa kurenga ku masezerano ya gahenge ko guhagarika imirwano mu minsi icyumi nine (14), iriya mirwano yo k’uwa Gatanu, mu Cyumweru gishize, byavuzwe ko yarikaze n’imugihe yasize M23 y’igaruriye Localite zirenga zitandatu zibarizwa muri Grupema ya Bashali, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Havuzwe imirwano y'umvikanye mo imbunda ziremereyeIhuriro ry'Ingabo za RDC zirashinjwa kurenga ku masezeranoMasisi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Inama idasanzwe y'Abepesikopi muri RDC, yamaganye icyemezo giheruka gufatwa n'umushumba mukuru w'idini Kiliziya Katolika, kw'Isi, Papa Francis.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?