Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe impamvu Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia yasohowe ahaberaga umuhango wo kwibuka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 8, 2025
in World News
0
Havuzwe impamvu Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia yasohowe ahaberaga umuhango wo kwibuka.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe impamvu Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia yasohowe ahaberaga umuhango wo kwibuka.

You might also like

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia yasohowe ahaberaga umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 wa teguwe n’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe.

Uyu Ambasaderi wasohowe mu cyumba cya Mandela Hall kiri ku cyicaro gikuru cy’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe muri Ethiopia yitwa Avraham Neguise. Ejo ku wa mbere tariki ya 07/04/2025, ni bwo yasohowe.

Yasohowe ubwo ibihugu bitandukanye byo muri Afrika byari bimaze kubisaba, aho byavugaga ko atagomba kuba ari muri uyu muhango wo kwibuka jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Igitangaza makuru cya Al-jazeera dukesha iyi nkuru, cyatangaje ko uyu Ambasaderi wa Israel atari anitezwe muri uyu muhango.

Kivuga ko mu bari bitabiriye uyu muhango banze kuwutangira, bakirimo babona Ambasaderi wa Israel awicyayemo, barategereza kugeza asohowe hanze babona kuwutangiza.

Bivugwa kandi ko umuryango wa Afrika Yunze ubumwe watangije iperereza kugira ngo umenye uwari watumije uriya mudipolomate.

Kwitabira kw’ambasaderi wa Israel muri uyu muhango wateguwe n’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe, benshi bakomeje kubyibazaho.
Ni mu gihe iki gihugu cya Israel kidasanzwe ari umunyamuryango wawo.

Ahagana mu mwaka wa 2002 ni bwo uyu muryango wa Afrika Yunze ubumwe washyizeho itegeko riteganya ko nta bihugu byo hanze y’umugabane wa Afrika byemerewe kuba ibinyamuryango.

Tags: AmbasaderiEthiopiaIsraelKwibukaYasohowe
Share45Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko ribuza abantu bava mu...

Read moreDetails

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy'amateka, havuzwe igihugu cya yifashije. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirashinjwa gufasha igisirikare cya Ukraine mu gitero karahabutaka giheruka kugaba ku butaka bw'u...

Read moreDetails

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika. Umunyamerika w'umukire ku rwego rw'isi, Bill Gate, yatangaje ko agiye gutanga inkunga ya miliyari 200 z'amadolari y'Amerika mu bikorwa bigamije...

Read moreDetails

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw'u Burusiya. Abasirikare badasanzwe ba Ukraine bakoresha indege zitagira abapilote zizwi nka drones zikoreshwa mu ntambara bakoze igitero cy'amateka...

Read moreDetails
Next Post
Ibyingenzi wa menya ku gace ka Rugezi kabohojwe na Twirwaneho ifatanyije na M23.

Ibyingenzi wa menya ku gace ka Rugezi kabohojwe na Twirwaneho ifatanyije na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?