Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe impamvu perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo atarindwa n’Ingabo za FARDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 24, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe impamvu perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo atarindwa n’Ingabo za FARDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe impamvu perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo atarindwa n’Ingabo za FARDC.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni biri mu butumwa bwa mashusho bwashinzwe hanze hakoreshejwe imbuga nkoranya mbaga, aho ayo mashusho agaragaza abasirikare batari Abanyekongo aribo barinda perezida Félix Tshisekedi.

Nk’uko ay’amakuru abivuga n’uko abashize hanze aya mashusho ni muri bamwe mu basirikare bashinzwe ubutasi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Mu gihe bwana Daniel Lusadisu Kiambi we yahise ashira hanze video y’iminota itari mike itabaza ivuga ko FARDC idashoboye kurinda perezida Félix Tshisekedi, ko ahubwo hagomba kwiyambazwa abandi basirikare bafasha igisirikare cy’Abagieri(GR) kurinda Tshisekedi.

Bigasobanurwa kandi ko ari ya mashusho yashizwe hanze bashaka kugaragaza intege nke zigisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC).

Ay’amashusho agaragaza Tshisekedi arimo agenda kandi arinzwe n’abasirikare babazungu n’ubwo hatagaragajwe igihugu baturutsemo cyangwa bavukamo.

Byanavuzwe kandi ko Félix Tshisekedi kuva yagera ku ngoma ntari gera yizera abasirikare ba FARDC, ni mu gihe yabanje kurindwa n’abarwanyi bo mu mutwe wa FDLR mbere y’uko yiyambaza ingabo z’amahanga.

Ubu butumwa bwa mashusho bukomeza bugaragaza ko Tshisekedi atarindwa n’Ingabo z’amahanga gusa ko hubwo akoresha n’abapolisi nabo bakomoka mu bindi bihugu ndetse n’abo bakaba bagaragaye muri ayo mashusho yamaze kugera hanze.

Ibyo bikozwe mu gihe umutwe wa M23 ukomeje kuzonga igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abambari bacyo, mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Uko ukizonga ninako uyu mutwe wa M23 ukomeza kugira uturere twinshi wigarurira two muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo.

              MCN.
Tags: ArindwaImpamvuIngabo za mahangaTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bwa M23 bwashize ukuri hanze, kubivugwa ku mugaba mukuru w’uyu mutwe, Major Gen Sultan Makenga.

Ubuyobozi bwa M23 bwashize ukuri hanze, kubivugwa ku mugaba mukuru w'uyu mutwe, Major Gen Sultan Makenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?