Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Havuzwe impamvu umutekano wazambye mu bice byo muri Mibunda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 13, 2024
in Uncategorized
0
Havuzwe impamvu umutekano wazambye mu bice byo muri Mibunda.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe impamvu umutekano wazambye mu bice byo muri Mibunda.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Inyeshamba zo mu mutwe wa Red-Tabara zirwanya ubutegetsi bw’u Burundi zashinze ibirindiro mu duce two muri Mibunda ho muri teritware ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, maze abaturage baturiye ibyo bice bafatwa n’ubwoba.

Amakuru y’ibanze avuga ko uyu mutwe wa Red-Tabara washinze ikambi yabo ahitwa Tubonde ha herereye muri Grupema ya Basimunyaka muri Secteur ya Itombwe.

Kuba iz’inyeshamba zashinze ibirindiro byabo muri izi nce, byatumye abaturage bagira ubwoba ndetse kandi no ku ruhande rw’ingabo za RDC zikora ibisa n’ibikanganye, ni mu gihe zahise zitangira kwikusanyiriza mu bice bigana aho ziriya nyeshamba zashinze ibirindiro.
Ahanini ubu bwoba bwateye abaturage baturiye i Kipombo no mu nkengero zo muri utwo duce.

Ibyo byabaye mu gihe mu mpera z’ukwezi gushize kwa Cyenda uyu mwaka, hari habaye intambara ikomeye hagati y’uyu mutwe wa Red-Tabara n’Ingabo za RDC ku bufatanye n’ingabo z’u Burundi. Ni intambara yamaze hafi iminsi itatu ibera mu marango ya Marunde, Gipupu no mu bice bya Turambo.

Nyuma y’iyo mirwano havuzwe ko ingabo z’u Burundi zahise zerekeza muri ibyo bice byaberemo iyi mirwano ziturutse ku Ndondo ya Bijombo na Minembwe ndetse iz’indi ziva i Burundi.

Kugeza n’ubu amakuru yemeza ko iz’ingabo z’u Burundi zigikomeje kwa mbuka ziva mu Burundi aho zica Uvira zikazamuka i misozi y’i Ndondo ya Bijombo zigahita zigana mu Mibunda.

Kimweho n’ubwo Red-Tabara yavuye mu mashyamba yongera kuja i musozi mu bindi bice by’i Mulenge hari amahoro nka Minembwe n’i Ndondo no mu Bibogobogo.

           MCN.
Tags: KipomboMibundaUbwoba
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Gufunga Abanyamulenge bikomeje gufata indi ntera muri Kivu y’Amajy’epfo.

Gufunga Abanyamulenge bikomeje gufata indi ntera muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?