Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe intambara ikomeye hagati ya M23 n’abarwana ku ruhande rwa leta ya RDC, muri teritware ya Rutshuru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 13, 2024
in World News
0
Havuzwe intambara ikomeye hagati ya M23 n’abarwana ku ruhande rwa leta ya RDC, muri teritware ya Rutshuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe intambara ikomeye hagati ya M23 n’abarwana ku ruhande rwa leta, muri teritware ya Rutshuru.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ni intambara yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nimwe z’urukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13/07/2024, iri kubera mu bice byo muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ay’amasoko yacu dukesha iy’inkuru avuga ko iyo mirwano yabereye ahitwa Bindja kandi ko ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ariryo ryagabye iki gitero ahari abarwanyi ba M23.

Bindja ni agace gaherereye hagati ya Localite ya Kalemba na Kashuga ho muri Grupema ya Kihondo, muri teritware ya Rutshuru.

Iy’i mirwano ikomeje kuba mu gihe impande zishyamiranye ziri mu gihe cya gahenge kasabwe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Aka gahenge katangiye isaha z’ijoro ryo ku wa Gatanu, w’i Cyumweru gishize.

Gusa aka gahenge ki minsi icumi nine ntikigeze kubahirizwa, kuko imirwano yarakomeje aho no ku wa Kane w’iki Cyumweru imirwano yarabaye, ndetse umutwe wa M23 wamagana iri huriro ry’Ingabo za RDC kurenga ku masezerano rikabagabaho ibitero mu gace ka Nyange no mu nkengero zaho.

Nubwo biruko iri huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa aho rigabye ibitero birangira rikijijwe n’amaguru, ndetse m23 ikagira n’ibikoresho bya gisirikare iryambura birimo imbunda ziremereye n’izito.

Hagati aho, abaturiye ibyo bice biberamo imirwano bakomeje kugerwaho n’ingaruka ziyo mirwano, ahanini barahunga bakava mu byabo harimo n’abanyagirwamo ibyabo no kubura ababo.

                    MCN.
Tags: BindjaHagati ya M23Ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwanoRutshuru
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa M23 wambuye Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa imbunda zirimo n’izikanganye.

Umutwe wa M23 wambuye Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa imbunda zirimo n'izikanganye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?