• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe intambara ikomeye hagati ya M23 n’abarwana ku ruhande rwa leta ya RDC, muri teritware ya Rutshuru.

minebwenews by minebwenews
July 13, 2024
in World News
0
Havuzwe intambara ikomeye hagati ya M23 n’abarwana ku ruhande rwa leta ya RDC, muri teritware ya Rutshuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe intambara ikomeye hagati ya M23 n’abarwana ku ruhande rwa leta, muri teritware ya Rutshuru.

You might also like

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Ni intambara yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nimwe z’urukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13/07/2024, iri kubera mu bice byo muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ay’amasoko yacu dukesha iy’inkuru avuga ko iyo mirwano yabereye ahitwa Bindja kandi ko ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ariryo ryagabye iki gitero ahari abarwanyi ba M23.

Bindja ni agace gaherereye hagati ya Localite ya Kalemba na Kashuga ho muri Grupema ya Kihondo, muri teritware ya Rutshuru.

Iy’i mirwano ikomeje kuba mu gihe impande zishyamiranye ziri mu gihe cya gahenge kasabwe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Aka gahenge katangiye isaha z’ijoro ryo ku wa Gatanu, w’i Cyumweru gishize.

Gusa aka gahenge ki minsi icumi nine ntikigeze kubahirizwa, kuko imirwano yarakomeje aho no ku wa Kane w’iki Cyumweru imirwano yarabaye, ndetse umutwe wa M23 wamagana iri huriro ry’Ingabo za RDC kurenga ku masezerano rikabagabaho ibitero mu gace ka Nyange no mu nkengero zaho.

Nubwo biruko iri huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa aho rigabye ibitero birangira rikijijwe n’amaguru, ndetse m23 ikagira n’ibikoresho bya gisirikare iryambura birimo imbunda ziremereye n’izito.

Hagati aho, abaturiye ibyo bice biberamo imirwano bakomeje kugerwaho n’ingaruka ziyo mirwano, ahanini barahunga bakava mu byabo harimo n’abanyagirwamo ibyabo no kubura ababo.

                    MCN.
Tags: BindjaHagati ya M23Ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwanoRutshuru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa M23 wambuye Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa imbunda zirimo n’izikanganye.

Umutwe wa M23 wambuye Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa imbunda zirimo n'izikanganye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?