Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe uko byagenze ubwo inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ibikoresho by’igisirikare by’i Ndjamena.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 19, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe uko byagenze ubwo inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ibikoresho by’igisirikare by’i  Ndjamena.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe uko byagenze ubwo inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ibikoresho bw’Igisirikare cy’i Ndjamena.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 18/06/2024, inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’amasasu y’igisikare cya Repubulika ya Tchad.

Ibitangaza makuru byandikirwa muri icyo gihugu n’ibyohanze, byazindutse bitangaza ko habaye uguturika gukomeye kwayo masasu, kandi ko uguturika kwayo kumvikanye kugera hejuru mu birometre byinshi uvuye ku idepo yayo, mu karere ka Goudji, hafi y’ikibuga cy’indege cy’u murwa mukuru wa Tchad.

Byagize biti: “Twabonye ikirere gihinduka umutuku. Twumvise iturika rihambaye cyane, ku buryo twumvaga biri munsi y’ibirenge byacu.”

Muri iryo joro, minisitiri w’ubabanye n’amahanga n’umuvugizi wa Guverinoma ya Tchad, Abderaman Koulamallah, bagarutse kuri iki kibazo kuri RFI, bavuga ko iyi depo yafashwe n’inkongi ku bw’impanuka.

Abasirikare n’abashinzwe kuzimya umuriro baratabaye, umuriro ugenda ugabanuka buhoro buhoro. Perezida Mahamat Idriss Déby yatangaje akoresheje urubuga rwa Facebook ko hari abapfuye n’abakomeretse.

Ati: “Inkongi y’umuriro mu bubiko bw’amasasu yangije abantu n’ibintu. Amahoro ku bugingo bw’a bapfuye, twihanganishije byimazeyo imiryango ifite agahinda ndetse turabasabira gukira vuba abakomeretse.

Perezida Muhamat yanavuze ko hazakorwa iperereza kugira ngo hamenyekane icyateye iyi nkongi y’umuriro ndetse n’abagomba kubibazwa.

             MCN....
Tags: IgisirikareInkongi y'umuriroTchadUbubiko bw'amasasuYibasiye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi byimbitse ku mpinduka zirimo kuba ku gisirikare cya FARDC mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ibindi byimbitse ku mpinduka zirimo kuba ku gisirikare cya FARDC mu misozi miremire y'Imulenge, mu Ntara ya Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?