• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe uko byagenze ubwo inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ibikoresho by’igisirikare by’i Ndjamena.

minebwenews by minebwenews
June 19, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe uko byagenze ubwo inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ibikoresho by’igisirikare by’i  Ndjamena.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe uko byagenze ubwo inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ibikoresho bw’Igisirikare cy’i Ndjamena.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 18/06/2024, inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’amasasu y’igisikare cya Repubulika ya Tchad.

Ibitangaza makuru byandikirwa muri icyo gihugu n’ibyohanze, byazindutse bitangaza ko habaye uguturika gukomeye kwayo masasu, kandi ko uguturika kwayo kumvikanye kugera hejuru mu birometre byinshi uvuye ku idepo yayo, mu karere ka Goudji, hafi y’ikibuga cy’indege cy’u murwa mukuru wa Tchad.

Byagize biti: “Twabonye ikirere gihinduka umutuku. Twumvise iturika rihambaye cyane, ku buryo twumvaga biri munsi y’ibirenge byacu.”

Muri iryo joro, minisitiri w’ubabanye n’amahanga n’umuvugizi wa Guverinoma ya Tchad, Abderaman Koulamallah, bagarutse kuri iki kibazo kuri RFI, bavuga ko iyi depo yafashwe n’inkongi ku bw’impanuka.

Abasirikare n’abashinzwe kuzimya umuriro baratabaye, umuriro ugenda ugabanuka buhoro buhoro. Perezida Mahamat Idriss Déby yatangaje akoresheje urubuga rwa Facebook ko hari abapfuye n’abakomeretse.

Ati: “Inkongi y’umuriro mu bubiko bw’amasasu yangije abantu n’ibintu. Amahoro ku bugingo bw’a bapfuye, twihanganishije byimazeyo imiryango ifite agahinda ndetse turabasabira gukira vuba abakomeretse.

Perezida Muhamat yanavuze ko hazakorwa iperereza kugira ngo hamenyekane icyateye iyi nkongi y’umuriro ndetse n’abagomba kubibazwa.

             MCN....
Tags: IgisirikareInkongi y'umuriroTchadUbubiko bw'amasasuYibasiye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi byimbitse ku mpinduka zirimo kuba ku gisirikare cya FARDC mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ibindi byimbitse ku mpinduka zirimo kuba ku gisirikare cya FARDC mu misozi miremire y'Imulenge, mu Ntara ya Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?