Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Havuzwe uko Kayini yishe Abel, hakurikizaho Imana ku mwirukana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 24, 2024
in Religion
0
Havuzwe uko Kayini yishe Abel, hakurikizaho Imana ku mwirukana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe uko Kayini yishe Abel, hakurikizaho Imana ku mwirukana.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Bibiriya ndetse n’ibitabo by’amateka bivuga neza iy’i nkuru ya Kayini wishe mwene se wari usanzwe ari umwengeri w’intama, mu gihe uyu Kayini we yari umuhinzi.

Ay’amateka avuga ko Kayini yahingaga akeza kandi cyane, Abeli we agashimishwa no kureba abana b’intama, uko bakuraga bagashisha kuburyo ngo mu gihe gito yari amaze kugira umukumbi utubutse aragira.

Amateka akomeza avuga ko ‘umunsi umwe, Kayini na Abeli bagiye gutura Imana ituro. Kayini yajyanye muri bimwe yari yejeje, naho Abeli afata ituro ryo muri wa mukumbi w’intama yaragiraga.’

Nk’uko bisobanurwa Abeli ntiyatuye ituro riruta irya Kayini. Gusa Kayini uko yaturaga yabaga afite umutima mubi ariko Abeli agatura afite umutima mwiza; biri mu byatumye Imana yishimira ibya Abeli kuruta ibya Kayini.

Abeli yakundaga Imana kandi yari akunda na mukuru we Kayini.

Kayini atangiye kugirira ishyari murumuna we, Imana yamusabye guhindura ingendo. Ariko Kayini yanze kumvira Imana. Yarakajwe cyane n’uko Imana yishimiye Abeli. Bukeye Kayini abwira murumuna we ati: “Tujye mu gasozi;” igihe bari bonyine iyo ngiyo, Kayini yahise akubita murumuna we mu cyicyiro, ahita avamo umwuka w’abazima!

Bibiliya ivuga ko ngo nubwo Abeli atakiriho ariko Imana iracyamwibuka . Abeli yari umuntu mwiza kandi Imana ntijya yibagirwa nk’abo. Bibiliya kandi ivuga ko hari umunsi izazamura abapfuye bameze nka Abeli maze ntibazongera gupfa ukundi. Bazabaho iteka ku Isi.

Imana yanga abantu bameze nka Kayini. Ni yo mpamvu, igihe Kayini yicaga murumuna we, Imana yamuhaye igihano cyo ku muca mu maso hayo, ahita yimukira kure y’ababyeyi be, ajyana mushiki we amugira umugore we.

Imana izaca abanyabyaha ibate mu muriro w’intazima, kure y’abakiranutsi.

Kayini n’umugore we baje kubyarana abana. Abandi bana b’Abahungu n’Abakobwa ba Adamu na Eva barashyingiranywe, na bo babyara abana. Bidatinze, ku Isi haba hamaze kugwira abantu benshi.

             MCN.
Tags: AbeliAdamEvaKayini
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Inzira ntikiri nyabagendwa mu Rurambo, FARDC yahamagariye andi moko, gutsembatsemba Abanyamulenge.

Inzira ntikiri nyabagendwa mu Rurambo, FARDC yahamagariye andi moko, gutsembatsemba Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?