• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Havuzwe uko Kayini yishe Abel, hakurikizaho Imana ku mwirukana.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2024
in Religion
0
Havuzwe uko Kayini yishe Abel, hakurikizaho Imana ku mwirukana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe uko Kayini yishe Abel, hakurikizaho Imana ku mwirukana.

You might also like

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera

Bibiriya ndetse n’ibitabo by’amateka bivuga neza iy’i nkuru ya Kayini wishe mwene se wari usanzwe ari umwengeri w’intama, mu gihe uyu Kayini we yari umuhinzi.

Ay’amateka avuga ko Kayini yahingaga akeza kandi cyane, Abeli we agashimishwa no kureba abana b’intama, uko bakuraga bagashisha kuburyo ngo mu gihe gito yari amaze kugira umukumbi utubutse aragira.

Amateka akomeza avuga ko ‘umunsi umwe, Kayini na Abeli bagiye gutura Imana ituro. Kayini yajyanye muri bimwe yari yejeje, naho Abeli afata ituro ryo muri wa mukumbi w’intama yaragiraga.’

Nk’uko bisobanurwa Abeli ntiyatuye ituro riruta irya Kayini. Gusa Kayini uko yaturaga yabaga afite umutima mubi ariko Abeli agatura afite umutima mwiza; biri mu byatumye Imana yishimira ibya Abeli kuruta ibya Kayini.

Abeli yakundaga Imana kandi yari akunda na mukuru we Kayini.

Kayini atangiye kugirira ishyari murumuna we, Imana yamusabye guhindura ingendo. Ariko Kayini yanze kumvira Imana. Yarakajwe cyane n’uko Imana yishimiye Abeli. Bukeye Kayini abwira murumuna we ati: “Tujye mu gasozi;” igihe bari bonyine iyo ngiyo, Kayini yahise akubita murumuna we mu cyicyiro, ahita avamo umwuka w’abazima!

Bibiliya ivuga ko ngo nubwo Abeli atakiriho ariko Imana iracyamwibuka . Abeli yari umuntu mwiza kandi Imana ntijya yibagirwa nk’abo. Bibiliya kandi ivuga ko hari umunsi izazamura abapfuye bameze nka Abeli maze ntibazongera gupfa ukundi. Bazabaho iteka ku Isi.

Imana yanga abantu bameze nka Kayini. Ni yo mpamvu, igihe Kayini yicaga murumuna we, Imana yamuhaye igihano cyo ku muca mu maso hayo, ahita yimukira kure y’ababyeyi be, ajyana mushiki we amugira umugore we.

Imana izaca abanyabyaha ibate mu muriro w’intazima, kure y’abakiranutsi.

Kayini n’umugore we baje kubyarana abana. Abandi bana b’Abahungu n’Abakobwa ba Adamu na Eva barashyingiranywe, na bo babyara abana. Bidatinze, ku Isi haba hamaze kugwira abantu benshi.

             MCN.
Tags: AbeliAdamEvaKayini
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC Freddy Kaniki, Umuhuza bikorwa wungirije w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP–Twirwaneho) akaba n’Umuyobozi w’umutwe wa MRDP–Twirwaneho, yavuze ku hazaza...

Read moreDetails

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga Musenyeri Willy Ngumbi Ngengele, Umushumba wa Diyosezi ya Goma, yashimiye byimazeyo ihuriro ry’AFC/M23 ku mutekano rimaze kugarura mu mujyi...

Read moreDetails

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera Mu ruzinduko rwe mu gihugu cya Libani, Papa Leo yasabiye amahoro igihugu cyibasiwe n’imyaka myinshi...

Read moreDetails

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine Mu rugendo rwe rwerekeza muri Libani avuye muri Turikiya,...

Read moreDetails

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque Papa Léon XIV, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, yatanze urugero rw’ubwubahane n’ubworoherane bw’amadini ubwo yasuraga...

Read moreDetails
Next Post
Inzira ntikiri nyabagendwa mu Rurambo, FARDC yahamagariye andi moko, gutsembatsemba Abanyamulenge.

Inzira ntikiri nyabagendwa mu Rurambo, FARDC yahamagariye andi moko, gutsembatsemba Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?