• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Havuzwe uko Kayini yishe Abel, hakurikizaho Imana ku mwirukana.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2024
in Religion
0
Havuzwe uko Kayini yishe Abel, hakurikizaho Imana ku mwirukana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe uko Kayini yishe Abel, hakurikizaho Imana ku mwirukana.

You might also like

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Bibiriya ndetse n’ibitabo by’amateka bivuga neza iy’i nkuru ya Kayini wishe mwene se wari usanzwe ari umwengeri w’intama, mu gihe uyu Kayini we yari umuhinzi.

Ay’amateka avuga ko Kayini yahingaga akeza kandi cyane, Abeli we agashimishwa no kureba abana b’intama, uko bakuraga bagashisha kuburyo ngo mu gihe gito yari amaze kugira umukumbi utubutse aragira.

Amateka akomeza avuga ko ‘umunsi umwe, Kayini na Abeli bagiye gutura Imana ituro. Kayini yajyanye muri bimwe yari yejeje, naho Abeli afata ituro ryo muri wa mukumbi w’intama yaragiraga.’

Nk’uko bisobanurwa Abeli ntiyatuye ituro riruta irya Kayini. Gusa Kayini uko yaturaga yabaga afite umutima mubi ariko Abeli agatura afite umutima mwiza; biri mu byatumye Imana yishimira ibya Abeli kuruta ibya Kayini.

Abeli yakundaga Imana kandi yari akunda na mukuru we Kayini.

Kayini atangiye kugirira ishyari murumuna we, Imana yamusabye guhindura ingendo. Ariko Kayini yanze kumvira Imana. Yarakajwe cyane n’uko Imana yishimiye Abeli. Bukeye Kayini abwira murumuna we ati: “Tujye mu gasozi;” igihe bari bonyine iyo ngiyo, Kayini yahise akubita murumuna we mu cyicyiro, ahita avamo umwuka w’abazima!

Bibiliya ivuga ko ngo nubwo Abeli atakiriho ariko Imana iracyamwibuka . Abeli yari umuntu mwiza kandi Imana ntijya yibagirwa nk’abo. Bibiliya kandi ivuga ko hari umunsi izazamura abapfuye bameze nka Abeli maze ntibazongera gupfa ukundi. Bazabaho iteka ku Isi.

Imana yanga abantu bameze nka Kayini. Ni yo mpamvu, igihe Kayini yicaga murumuna we, Imana yamuhaye igihano cyo ku muca mu maso hayo, ahita yimukira kure y’ababyeyi be, ajyana mushiki we amugira umugore we.

Imana izaca abanyabyaha ibate mu muriro w’intazima, kure y’abakiranutsi.

Kayini n’umugore we baje kubyarana abana. Abandi bana b’Abahungu n’Abakobwa ba Adamu na Eva barashyingiranywe, na bo babyara abana. Bidatinze, ku Isi haba hamaze kugwira abantu benshi.

             MCN.
Tags: AbeliAdamEvaKayini
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by minebwenews
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by minebwenews
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails
Next Post
Inzira ntikiri nyabagendwa mu Rurambo, FARDC yahamagariye andi moko, gutsembatsemba Abanyamulenge.

Inzira ntikiri nyabagendwa mu Rurambo, FARDC yahamagariye andi moko, gutsembatsemba Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?