• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hongeye kubura imirwano ikaze mu bice byo muri Sake.

minebwenews by minebwenews
October 2, 2024
in Uncategorized
0
Hongeye kubura imirwano ikaze mu bice byo muri Sake.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hongeye kubura imirwano ikaze mu bice byo muri Sake.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

I Sake muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, habaye imirwano ikomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni imirwano yavuzwe kuva mu masaha ya kare yo mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 02/10/2024.
Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko bikigoye kumenya uruhande rw’aba rwa tangiye kugaba ibitero ku rundi n’ubwo amakuru yatanzwe n’abaturage baturiye ibyo bice avuga ko ingabo za FARDC n’abambari bazo kwaribo batangiye kurasa mu birindiro by’ingabo z’iyobowe na Gen Sultan Makenga, abandi nabo birwanaho.

Aya makuru anavuga ko ingabo zo ku ruhande rwa Leta rwagabye ibi bitero mu rwego rwo kugira ngo bigarurire ibice umutwe wa M23 ugenzura.

Iyi mirwano y’uyu munsi yumvikanyemo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito, aho ndetse abaherereye mu duce two muri Grupema ya Kamuronza batanze ubuhamya bavuga ko bumvaga uru rusaku hafi yabo. Iyi mirwano yaberaga mu nkengero z’u mujyi wa Sake haherereye muri utu duce two muri Grupema ya Kamuronza ho muri Cheferie y’Abahunde.

Ibi byemejwe kandi n’abatuye muri Sake, banavuga ko babonye ibimodoka by’agisirikare biva muri uyu mujyi bikerekera ahari kubera urugamba.

Gusa, Sosiyete sivile yo muri ibyo bice yo, mu butumwa yatambukije mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, yavuze ko itaramenya icyaba cyateye kugira iyi mirwano ibe, ni mu gihe impande zihanganye zari mu bihe bya gahenge kemeranijweho i Luanda mu minsi ishize.

Hagati aho, abakurikiranira hafi iby’iyi ntambara bavuga ko M23 yaba yo ishaka gukomeza urugamba mu rwego rwo kugira ngo ifate umujyi wa Goma uwo ifata nkuzashyira akadomo kanyuma ku ntambara yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

               MCN.
Tags: FardcImirwanoM23Sake
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Visi perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua arashinjwa ibyaha birenga icumi.

Visi perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua arashinjwa ibyaha birenga icumi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?