• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, November 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

HRW yavuze ku bibazo Abanyamulenge baherereye muri Kivu y’Epfo bari gucamo, igira n’icyo isaba Leta ya RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 16, 2025
in Conflict & Security
0
HRW yavuze ku bibazo Abanyamulenge baherereye muri Kivu y’Epfo bari gucamo, igira n’icyo isaba Leta ya RDC
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

HRW yavuze ku bibazo Abanyamulenge baherereye muri Kivu y’Epfo bari gucamo, igira n’icyo isaba Leta ya RDC

You might also like

“Abanyamulenge kubaho nk’abandi bantu n’uburenganzira bwabo”- Umukozi wa Croix-Rouge

Heavy Clashes Erupt in Lubumbashi, Leaving Multiple Dead and Widespread Destruction

Imirwano iri kubera i Lubumbashi yangirikiyemo byinshi n’abantu bakomeje kuyicirwamo ku bwinshi

Ishami rya Human Rights Watch ry’umuryango w’Abibumbye, riharanira uburenganzira bwa muntu ku isi, ryasabye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ku rengera abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge baherereye muri Kivu y’Epfo.

Bikubiye mu itangazo Human Right Watch yashyize hanze, igaragaza ko Abanyamulenge bari i Uvira bari kubabazwa cyane, bityo isaba RDC kubarengera.

HRW ivuga ko aba Banyamulenge bari guhurira n’akaga mu ntara ya Kivu yepfo, ahanini ngo muri Uvira.

Igaragaza ko ibyo byarushijeho kuba bibi cyane kuva ku itariki ya 02 kugeza ku ya 09 z’uku kwezi turimo kwa cyenda.

Inasobanura ko byavuye kuri Brigadier General Olivier Gasita woherejwe na Leta muri icyo gice kuyobora ibikorwa bya gisirikare, ariko Wazalendo bakavuga ko batamushaka.

Ivuga ko bamushinja gucudika n’umutwe wa M23 uwo barwanya bafatanyije n’igisirikare cya RDC, FARDC.

Kuri ubu bivugwa ko uyu musirikare yavuye i Uvira, n’ubwo hari andi makuru avuga ko ari ho akiri.

HRW ivuga ko muri icyo gihe cya kavuyo muri Uvira Abanyamulenge ni bo bakigiriyemo ibibazo kurusha iby’abandi.

Muri iryo tangazo wagize uti: “Wazalendo bateye mu mago y’Abanyamulenge, barabasahura bababuriza uburyo, ndetse kandi barabica. Babashinja gukora na M23.”

Ku bwa Clementine de Montjoye, ari na we mushakashatsi mukuru wa Human Rights Watch ku mugabane wa Afrika, yavuze ko ibibazo Abanyamulenge bahuriye nabyo i Uvira byerekana ukunanirwa kw’Ingabo za RDC.

Kandi asobanura ko umuryane hagati ya FARDC na Wazalendo, na wo Abanyamulenge bawuhiriramo n’akaga, bityo byose bikerekana ukananirwa kwa FARDC.

Ku bwe kandi avuga ko ibihugu byose bihuriye mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Congo, bikwiye kubona ibibi bituruka kuri buri ruhande, hakaba kubikumira ku neza y’abenegihugu.

Human Rights Watch igasoza ivuga ko Leta y’iki gihugu ikwiye kumvisha ingabo zayo ko ari zo ubwa mbere zigomba kwita ku baturage no kubafasha kugera ku mutekano, no gukumira ibibi byose bishobora kubageraho.

Tags: FardcibibazoRdcUviraWazalendo
Share31Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

“Abanyamulenge kubaho nk’abandi bantu n’uburenganzira bwabo”- Umukozi wa Croix-Rouge

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
“Abanyamulenge  kubaho nk’abandi bantu n’uburenganzira bwabo”- Umukozi wa Croix-Rouge

"Abanyamulenge kubaho nk'abandi bantu n'uburenganzira bwabo"- Umukozi wa Croix-Rouge Umwe mu bakozi b'umuryango mpuzamahanga wa Croix-Rouge ukorera muri Kivu y'Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

Heavy Clashes Erupt in Lubumbashi, Leaving Multiple Dead and Widespread Destruction

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
Heavy Clashes Erupt in Lubumbashi, Leaving Multiple Dead and Widespread Destruction

Intense fighting has broken out in the city of Lubumbashi, causing massive destruction and significant loss of life. The clashes between GENAFEC rebel group, largely composed of Swahili-speaking...

Read moreDetails

Imirwano iri kubera i Lubumbashi yangirikiyemo byinshi n’abantu bakomeje kuyicirwamo ku bwinshi

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
RDC:Imirwano hagati y’Abapfulelo n’umutwe wa GENAFEC iravuza ubuhuha mu cyahoze ari Katanga

Imirwano iri kubera i Lubumbashi yangirikiyemo byinshi n'abantu bakomeje kuyicirwamo ku bwinshi Imirwano ihanganishije umutwe w'inyeshyamba wa GENAFEC ugizwe n'abantu bavuga ururimi rw'igiswahili na Wazalendo baturuka mu Bapfulero,...

Read moreDetails

RDC:Imirwano hagati y’Abapfulelo n’umutwe wa GENAFEC iravuza ubuhuha mu cyahoze ari Katanga

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
Auto Draft

RDC:Imirwano hagati y'Abapfulelo n'umutwe wa GENAFEC iravuza ubuhuha mu cyahoze ari Katanga Amakuru aturuka i Lubumbashi mu ntara ya Haut-Katanga haherereye mu majy'Epfo ya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Ba Mai Mai barenga batanu n’imbunda zabo bishyize mu maboko ya MRDP -Twirwaneho muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
Ba Mai Mai barenga batanu n’imbunda zabo bishyize mu maboko ya MRDP -Twirwaneho muri Kivu y’Epfo

Ba Mai Mai barenga batanu n'imbunda zabo bishyize mu maboko ya MRDP -Twirwaneho muri Kivu y'Epfo Abarwanyi bo mu mutwe wa Mai Mai bakorana byahafi n'Ingabo za Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
Kwa Tshisekedi byakaze, abadepite bafatanye mu mashati, ndetse hafi gukubitana amangumi

Kwa Tshisekedi byakaze, abadepite bafatanye mu mashati, ndetse hafi gukubitana amangumi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?