• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hubuye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, muri teritware ya Rutshuru.

minebwenews by minebwenews
June 19, 2024
in Regional Politics
1
Hubuye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, muri teritware ya Rutshuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hubuye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, muri teritware ya Rutshuru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni kuri uyu wa Gatatu nibwo habyutse humvikana imbunda ziremereye n’izito aho uruhande rw’ingabo za leta ya Kinshasa rwazindutse rugaba ibitero bikomeye mu birindiro bya M23 biri mu bice byinshi byo muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru yibanze, avuga ko ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, icyambere cyagabwe mu birindiro bya M23 biri ahitwa Rwindi, ikindi kiza kugabwa mu nkengero za Kanyabayonga.

Ariko ko iri huriro ry’Ingabo za RDC ryahababariye ku rwego rutigeze rubaho n’ikindi gihe, ko ndetse kandi M23 yamaze gusubiza ibyo bitero inyuma, igira n’ibikoresho byinshi by’agisirikare ifata byakoreshwaga n’u ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ay’amakuru nk’uko akomeza abivuga nuko ingabo zo ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi rwapfiriye gushira, ni mu gihe zaguye bitunguranye mu gico cya M23 ubwo zavaga i Kanyabayonga zija muri Rwindi.

Binavugwa kandi ko mu mirwano yabereye mu nkengero za centre ya Kanyabayonga, uru ruhande rwa leta ya Kinshasa rwahakubitiwe inshuro mu buryo budasanzwe aho M23 yarurashemo ibibomba bikaze birangira uyu mujyi ubayemo igicu cyinshi kivanze n’urwijiji, nk’uko abaturage baherereye muri ibyo bice bakomeje bababwira Minembwe Capital News.

Iyi mirwano yabaye muri iki gitondo yavuzwemo ubukana budasanzwe, ndetse ivugwamo kubabara gukomeye ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Kuri ubu ihuriro ry’Ingabo za RDC riri guhangana na M23 rihunga muri uyu mujyi wa Kanyabayonga.

            MCN.
Tags: IkomeyeImirwanoKanyabayongaRutshuru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, umu minisitiri yeguye nyuma y’iminsi irindwi gusa, amaze ashizwe muri izo nshingano.

Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, umu minisitiri yeguye nyuma y'iminsi irindwi gusa, amaze ashizwe muri izo nshingano.

Comments 1

  1. Eminem says:
    1 year ago

    Natwe turabishimira courage, courage!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?