• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hubuye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, muri teritware ya Rutshuru.

minebwenews by minebwenews
June 19, 2024
in Regional Politics
1
Hubuye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, muri teritware ya Rutshuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hubuye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, muri teritware ya Rutshuru.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Ni kuri uyu wa Gatatu nibwo habyutse humvikana imbunda ziremereye n’izito aho uruhande rw’ingabo za leta ya Kinshasa rwazindutse rugaba ibitero bikomeye mu birindiro bya M23 biri mu bice byinshi byo muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru yibanze, avuga ko ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, icyambere cyagabwe mu birindiro bya M23 biri ahitwa Rwindi, ikindi kiza kugabwa mu nkengero za Kanyabayonga.

Ariko ko iri huriro ry’Ingabo za RDC ryahababariye ku rwego rutigeze rubaho n’ikindi gihe, ko ndetse kandi M23 yamaze gusubiza ibyo bitero inyuma, igira n’ibikoresho byinshi by’agisirikare ifata byakoreshwaga n’u ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ay’amakuru nk’uko akomeza abivuga nuko ingabo zo ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi rwapfiriye gushira, ni mu gihe zaguye bitunguranye mu gico cya M23 ubwo zavaga i Kanyabayonga zija muri Rwindi.

Binavugwa kandi ko mu mirwano yabereye mu nkengero za centre ya Kanyabayonga, uru ruhande rwa leta ya Kinshasa rwahakubitiwe inshuro mu buryo budasanzwe aho M23 yarurashemo ibibomba bikaze birangira uyu mujyi ubayemo igicu cyinshi kivanze n’urwijiji, nk’uko abaturage baherereye muri ibyo bice bakomeje bababwira Minembwe Capital News.

Iyi mirwano yabaye muri iki gitondo yavuzwemo ubukana budasanzwe, ndetse ivugwamo kubabara gukomeye ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Kuri ubu ihuriro ry’Ingabo za RDC riri guhangana na M23 rihunga muri uyu mujyi wa Kanyabayonga.

            MCN.
Tags: IkomeyeImirwanoKanyabayongaRutshuru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, umu minisitiri yeguye nyuma y’iminsi irindwi gusa, amaze ashizwe muri izo nshingano.

Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, umu minisitiri yeguye nyuma y'iminsi irindwi gusa, amaze ashizwe muri izo nshingano.

Comments 1

  1. Eminem says:
    1 year ago

    Natwe turabishimira courage, courage!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?