Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Baraka, Abaturage basabwe gufatisha ingabo z’u Burundi yombi Abanyarwanda bo bitwa abanzi ba Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 28, 2024
in Regional Politics
0
I Baraka, Abaturage basabwe gufatisha ingabo z’u Burundi yombi Abanyarwanda bo bitwa abanzi ba Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iminsi ibiri irashize, ingabo z’u Burundi, zabaga mu bice bya Komine ya Minembwe ba sesekaye mu Mujyi wa Baraka, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Iki kibazo bivugwa ko cyateye ubwoba abaturage ba Baraka, aho bamwe bibaza ibibazo birenga kimwe kuri aba basirikare b’u Burundi.

N’i byatangajwe n’umuyobozi w’ingabo za FARDC, muri regima(régiment) ya 2202, iherereye i Baraka, Colonel Banza Lukata Gabriel, aho yemeje ko abasirikare b’u Burundi bageze i Baraka kuva k’umunsi wa Gatanu, tariki ya 26/01/2024, maze asaba abaturage kutagira ibindi bakeka cyangwa ngo bafate amakuru y’ibihuha.

Yagize ati: “Abaturage ba Baraka na Fizi yose muri rusange, mufite uburenganzira bwo gutinya k’uko haricyo mubona cyahinduutse, ariko ntimutinye ingabo z’u Burundi k’uko n’inshuti zacu, muzatinye igihe muzabona abanzi bacyu aribo ingabo z’u Rwanda.”

Yakomeje agira ati: “Igihugu cyacu n’u Burundi umubano ukomeje kurushaho kumera neza, bitandukanye n’umubano u Rwanda rufitanye na RDC.”

Ubuyobozi bwa Gisirikare muri Baraka bakaba bahamagariye abaturage kwishira ukizana imbere y’Abasirikare b’u Burundi.

Byongeye kandi basabye abaturage kwirinda amakuru y’ibihuha, banabwira abaturage ko hari amakuru badakwiriye kumenya ajyanye n’ibanga rya Gisirikare.

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyandaAbaturageBarakaGufatisha yombiIngabo z'u Burundi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Tanzania, ziri mu butumwa bwa SADC, muri RDC, zabwiwe ko hari undi mwanzi bazarwanya nyuma y’uko bazaba bamaze gutsinda M23.

Ingabo za Tanzania, ziri mu butumwa bwa SADC, muri RDC, zabwiwe ko hari undi mwanzi bazarwanya nyuma y'uko bazaba bamaze gutsinda M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?