• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zarwanye urugamba rukaze.

minebwenews by minebwenews
April 2, 2024
in Regional Politics
0
I Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zarwanye urugamba rukaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kabiri, habaye urugamba rukomeye hagati y’Ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi bo mu mutwe wa kisilamu(ADF ), rubereye mu bice byo muri teritware ya Beni mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni imirwano yabaye igihe cya masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Kabiri, ikaba yabereye mu duce turi mu nkengero za centre ya Mangina, muri teritware ya Beni, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya FARDC muri Beni, Captain Anthony Mwalushayi.

Yavuze ko hafi na centre ya Mangina hagabwe igitero gikaze. Yemeza ko icyo gitero cyagabwe n’umutwe witerabwoba wa ADF ukomoka mu gihugu cya Uganda.

Mwalushayi yanavuze ko iki gitero cya ADF cyari kiyobowe n’abayobozi babiri bo muri uwo mutwe, uwitwa Aboukas na Amigo.

Yagize ati: “Ibitero bya gabwe ku bitaro bya Mangodomo ni hafi na centre ya Mangina, ariko ingabo z’igihugu zabasutseho umuriro w’i mbunda. Ni ibitero bya ba Jihadiste, biyobowe na Aboukas na Amigo.”

Uyu muvugizi w’igisirikare cya FARDC yavuze kandi ko iz’i nyeshamba zatwitse imihana y’abatutage bica n’abasivile bane.

Ati: “ADF yatwitse amazu y’abatutage; bishe n’abasivile bane.”

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo (FARDC) zo muri Regima ya 3203 kwarizo zasubije inyuma ibyo bitero bya ADF.

       MCN
Tags: ADFBeniManginaUrugamba rukaze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Ukraine cyakoze igitero cya mbere kiri kure, gihita cyangiriza uruganda rukaze rwo  mu Burusiya.

Igisirikare cya Ukraine cyakoze igitero cya mbere kiri kure, gihita cyangiriza uruganda rukaze rwo mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?