Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zarwanye urugamba rukaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 2, 2024
in Regional Politics
0
I Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zarwanye urugamba rukaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kabiri, habaye urugamba rukomeye hagati y’Ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi bo mu mutwe wa kisilamu(ADF ), rubereye mu bice byo muri teritware ya Beni mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni imirwano yabaye igihe cya masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Kabiri, ikaba yabereye mu duce turi mu nkengero za centre ya Mangina, muri teritware ya Beni, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya FARDC muri Beni, Captain Anthony Mwalushayi.

Yavuze ko hafi na centre ya Mangina hagabwe igitero gikaze. Yemeza ko icyo gitero cyagabwe n’umutwe witerabwoba wa ADF ukomoka mu gihugu cya Uganda.

Mwalushayi yanavuze ko iki gitero cya ADF cyari kiyobowe n’abayobozi babiri bo muri uwo mutwe, uwitwa Aboukas na Amigo.

Yagize ati: “Ibitero bya gabwe ku bitaro bya Mangodomo ni hafi na centre ya Mangina, ariko ingabo z’igihugu zabasutseho umuriro w’i mbunda. Ni ibitero bya ba Jihadiste, biyobowe na Aboukas na Amigo.”

Uyu muvugizi w’igisirikare cya FARDC yavuze kandi ko iz’i nyeshamba zatwitse imihana y’abatutage bica n’abasivile bane.

Ati: “ADF yatwitse amazu y’abatutage; bishe n’abasivile bane.”

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo (FARDC) zo muri Regima ya 3203 kwarizo zasubije inyuma ibyo bitero bya ADF.

       MCN
Tags: ADFBeniManginaUrugamba rukaze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Ukraine cyakoze igitero cya mbere kiri kure, gihita cyangiriza uruganda rukaze rwo  mu Burusiya.

Igisirikare cya Ukraine cyakoze igitero cya mbere kiri kure, gihita cyangiriza uruganda rukaze rwo mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?