Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I bihugu by’ibituranyi n’ibihugu bikomeye ntibyashimiye perezida Félix Tshisekedi, kuba ye gukana intsinzi usibye u Burundi na Tanzania.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 1, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibihugu by’ibituranyi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kugeza ubu ntibirashimira perezida Félix Tshisekedi, waraye yegukanye intsinzi y’amatora y’u mukuru w’igihugu yabaye kw’itariki 20/12/2023, usibye perezida w’u Burundi n’u wa Tanzania.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Perezida Félix Tshisekedi, kumunsi w’ejo hashize tariki 31/12/2023, n’ibwo Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora ( CENI), yatangaje k’u mugaragaro amajwi y’agateganyo Tshisekedi atsindana amajwi 73,34%, Katumbi Moïse, yaje k’u mwanya wa kabiri n’amajwi 18%.

Aba perezida batatu 3, nibo bamaze kwerekana ibyishimo by’intsinzi ya perezida Félix Tshisekedi, barimo perezida wa Tanzania, Samia Suluhu, wagize ati: “Umutima wacyu wishimiye ko perezida Félix Tshisekedi, yongeye gutorerwa kuyobora igihugu ca RDC. Nzakomeza guharanira gukorana by’ahafi na RDC ndetse no mukarere kose.”

Uwafashe umwanya wambere gushimira Tshisekedi ni perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aho yahise agira ati: “Ndashimira byimazeyo umukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, kuba yongeye gutsindira Manda ya Kabiri. Ndizera neza ko igisubizo ku mahoro arambye kigiye kuboneka muricyo gihugu.”

Ibi kandi byagaragajwe na perezida Azili Assoumani, wo mu gihugu ca Comores, agasubira kandi akaba ariwe uyoboye umuryango w’Afrika yunze Ubumwe(AU).

Yagize ati: “Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora muri RDC (CENI), yatangaje k’u mugaragaro amajwi y’agateganyo, batangaza ko perezida Félix Tshisekedi, ariwe wegukanye intsinzi, k’u majwi 73%. Nishimiye intsinzi ye kandi ndamushimiye.”

Nk’uko byahoraga ibihugu bikomeye nibyoroheje byashimira perezida wa buri gihugu kuba yatsinze amatora ariko kuri Tshisekedi siko byagenze yashimiwe n’aba perezida batatu gusa, mugihe nka Kenya, u Rwanda na Uganda ndetse na Zambi n’ibindi nti byigeze bigaragaza ibyishimo by’intsinzi ya perezida Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda.

Tags: Intsinzi ye ntiyishimiwe n'ibihugu by'i buturanyiPerezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo z'u Burundi, zirenga 1000, zahamijwe kwinjira rwihishwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?