• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

I Bujumbura mu Burundi ho ngeye kuraswa ibisasu muri ay’amasaha y’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2024
in World News
0
I Bujumbura mu Burundi ho ngeye kuraswa ibisasu muri ay’amasaha y’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Bujumbura mu Burundi ho ngeye kuraswa ibisasu muri ay’amasaha y’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10/05/2024.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ahagana igihe c’isaha ya saa moya n’iminota irenga ho iminota mike, ni bwo ibisasu byo mu bwoko bwa grenade byarasiwe hagati mu mujyi wa Bujumbura, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na Radio Bonesha FM.

Ivuga ko izo grenade zaturikiye neza mu gace gakunze guparika mo imodoka ka Gasenyi, ahahoze isoko nk’uru ya ya Bujumbura.

Ibyo bisasu bikaba byatewe ku bantu bari batonze barindiriye imodoka zibajana iyo bendaga kuja, nk’uko byakomeje bitangazwa.

Inahamya ko ibyo bisasu byakomerekeje abatari bake, ndetse n’abandi ngo bakaba bahasize ubuzima ariko bakaba batarabasha kumenyekana umubare.

Nyuma yiryo turika ry’ibisasu hakurikiyeho urusaku rw’imbunda nazo zarashwe umwanya utari munini . Ariko ko zarashwe n’abashinzwe umutekano w’i gihugu cy’u Burundi, mu gihe barimo bagerageza kureba ko abateye ibisasu bafatwa.

Sibyo byonyine kuko n’abaturage benshi birutse bagana hirya no hino hafi y’aho ibyo byabereye, nk’uko iy’i radio yatangaje ko ayo makuru iyakesha abaturiye ibyo bice.

Ibyo bibaye mu gihe mu ntangiriro z’iki Cyumweru kandi i Bujumbura hatewe ibisasu bikaza gusiga bihitanye abasivile bagera kuri batatu nyuma y’uko bari babanjye gukomeretswa nabyo.

Abari nyuma y’ubwo bugizi bwa nabi ntawe urafatwa cyangwa ngo hagire umutwe w’iterabwoba uvugwa kuri inyuma yabyo.

           MCN.
Tags: GrenadeIbisasuIbujumbura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Ibura rya mazi mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ryateye abenshi guhangayika.

Ibura rya mazi mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, ryateye abenshi guhangayika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?