• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

I Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi haraye hatewe ibisasu biremereye bigira abo bikomeretsa.

minebwenews by minebwenews
May 6, 2024
in World News
0
I Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi haraye hatewe ibisasu biremereye bigira abo bikomeretsa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi haraye hatewe ibisasu bigira abo bikomeretsa.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Nimuri iri joro ryakeye rishira kuri uyu wa Mbere itariki ya 06/05/2024, nibwo ibisasu byo m’ubwoko bwa grenade byaraye bitewe mu bice bimwe byo muri Bujumbura, izwi nk’umurwa mukuru w’u bukungu wiki gihugu cy’u Burundi, nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibitangaza makuru byo muri icyo gihugu.

Urubuga rwa King Murundi rukunze gutangaza iby’u Burundi rwatangaje ko ahagana isaha zibiri z’ijoro ryo ku itariki ya 05/05/2024 ibisasu byaraye bitewe i Bujumbu ko kandi byagize abo bikomeretsa.

Muri ay’amakuru rwashize hanze avuga ko ibyo bisasu byatewe neza na neza muri Zone Kamenge, muri Quartier yayo ya Gikizi, k’umuhanda wa 6.

Ay’amakuru y’urubuga rwa King Murundi agasobanura ko ibyo bisasu byatewe mu tubare tubiri two muri yo Quartier ya Gikizi.

Uru rubuga runavuga ko ay’amakuru ko rwayahawe n’abanegihugu bari bataramiye muri ubwo bubare kandi bamuhamiriza ko abakomerekejwe nibyo bisasu bajanwe kubitaro byaho hafi kugira ngo bitabweho.

Ay’amakuru asoza avuga ko abateye ibyo bisasu bari mu mudoka ariko ko batigeze bafatwa cyangwa ngo hamenyekanye iyo baje bava.

Ibyo bibaye nyuma y’uko mu mezi abiri ashize umutwe wa Red Tabara wagiye wigamba kugaba ibitero mu Ntara ya Kayanza ndetse no mu Gatumba. Ibitero uwo mutwe w’inyeshamba zirwanya ubutegetsi bw’u Burundi wagabye muri ibyo bice byasize bihitanye benshi barimo n’abasirikare ndetse n’abapolisi, nk’uko byavuzwe icyo gihe.

        MCN.
Tags: GrenadeHaraye hatewe ibisasuI BUJUMBURA
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Abagenzi bari bagiye Uvira bavuye mu Maheta baguye mu gico cy’abambuzi bamburwa utwabo.

Abagenzi bari bagiye Uvira bavuye mu Maheta baguye mu gico cy'abambuzi bamburwa utwabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?