Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Burundi bikanze intambara bashyiraho ingamba zikaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 26, 2025
in Regional Politics
0
I Burundi bikanze intambara bashyiraho ingamba zikaze.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Burundi bikanze intambara bashyiraho ingamba zikaze.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Mu ntara ya Kirundo mu majyaguru y’igihugu cy’u Burundi, aha hana umupaka n’igihugu cy’u Rwanda, hashyizweho amasaha yo gutahiraho, ndetse n’abuza abantu kugenda hanze mu ijoro, kubera impamvu z’umutekano.

Isaha yo gutahiraho yashyizweho na komiseri wa polisi, ibuza abamotari kugenda nyuma ya saa mbiri zijoro, abaturage bo babujijwe kuba bagenda isaha ya saa ine zijoro, cyangwa kuba baja hanze ayo masaha.

Kuva mu ntangiriro zuku kwezi turimo, abayobozi bibanze mu ntara ya Kirundo bashyizeho ingingo zigenga urujya n’uruza kugira ngo bakomeze ingamba zigamije gushimangira umutekano.

Aba bayobozi bavuga ko iki cyemezo kigamije gukumira ibitero bishoboka, cyane cyane ibishobora gukorwa biturutse mu Rwanda ngo bigakorwa n’ingabo z’icyo gihugu, nk’uko babibwiraga abaturage.

Iyi ngingo ikaba ifashwe mu gihe umwuka wo kwikanga intambara muri iki gihugu ugenda urushyaho kwiyongera umunsi ku wundi.

Ariko nubwo bamwe basanga izi ngamba ari ingirakamaro mu bijyanye n’umutekano, ntabwo zabuza gutera ingaruka ku batwara za moto, babona ibikorwa byabo byagizweho ingaruka zikomeye.

Kugabanuka kw’amasaha y’akazi, amafaranga binjizaga yagabanutse, bivugwa ko byatumye ubuzima bwabo bwa buri munsi bugorana. Iki kibazo cyiyongereye ku ibura ry’igitoro, kirarushaho gutuma ingendo zabo n’umwuga wabo ugorana.

Tags: Bikanze intambaraKirundoU Burundi
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ikigenza ingabo z’u Burundi mu Bibogobogo zahisutse ku bwinshi.

Ingabo z'u Burundi zahuye n'uruva gusenya mu Kamombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?