Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Butembo byakaze, Wazalendo basubiranyemo hagwa abatari bake.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 5, 2025
in Regional Politics
0
I Butembo byakaze, Wazalendo basubiranyemo hagwa abatari bake.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Butembo byakaze, Wazalendo basubiranyemo hagwa abatari bake.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Amakuru ava mu mujyi wa Butembo muri Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, imitwe ibiri yo muri Wazalendo yasubiranyemo irarwana hapfa icumi bo muri bo.

Aya makimbirane yadutse tariki ya 03/03/2025, aho habaye ihangana rikomeye ryamaze umwanya utari muto, rikaba ryarimo ribera mu gace ka Kimeme muri Butembo.

Umuvugizi w’igisirikare wo muri ako gace yemeje iyo mirwano yavutse muri Wazalendo, avuga ikojeje isoni.

Yagize ati: “Basubiranyemo, ibyabo biteye isoni. Nimba koko bakunda igihugu, bagomba kudufasha mu ntambara turimo aho gushwana.”
Uyu muvugizi yanemeje ko muri iryo hangana haguye abarenga batandatu.

Amashirahamwe yigenga akorera i Butembo yo avuga ko hapfuye Wazalendo icumi.

Aya mashirahamwe kandi avuga ko iyo mirwano yatangiye ku gicamunsi cyo ku wa mbere isoza mu ijoro buca ari ku wa kabiri, ibyateye ubwoba ababa muri uwo mujyi wa Butembo.

Icyaba cyarateye iryo subiranomo, kugeza ubu ntikiramenyekana.

Amakuru amwe avuga ko byoba byaravuye kukuba Leta ntacyo ibahemba n’icyo babonye gike kigahekera muri bamwe, biviramo gusubiramo.

Iri subiranomo rya Wazalendo ryadutse mu gihe umutwe wa m23 bahanganye mu cyumweru gishyize wari ugeze mu birometero bidashika 100 uvuye muri uyu mujyi wa Butembo.

Uyu mutwe ukaba umaze gufata ibice byinshi byo muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Epfo ahanini muri aya mezi abiri ashyize.

Imiryango mpuzamahanga iharanira amahoro ntacyo irashobora kugeraho kugira ngo igarure amahoro muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ni mu gihe n’abahagarariye amadini nabo bakeneye mu gufasha kugarura amahoro muri aka karere k’u Burasizuba bw’iki gihugu kamaze imyaka 30 karangwamo intambara zurudaca.

Tags: BasubiranyemoButemboWazalendo
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa kuri Tshisekedi wamaze kwaka ubuhungiro aranabwemererwa.

Byiswe "Balkanisation" ibyo ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bwakoze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?